Tanasha Donna ari kurara muri Studio amajoro adasinzira akora indirimbo ikubiyemo ibyabaye hagati ye n’urukundo rw’ubuzima bwe ’Diamond’,akaba yongeye kumwenyura aburira abakunzi be gukomeza kunyurwa...
Tanasha Donna yakuyeho agakomo k’igikundiro k’umukara kari kaboshye ku kuboko kw’ibumoso k’umuhungu we kugira ngo ’amurinde amaso y’ikibi. Ako gakomo k’umukara kavuzweho byinshi nyuma y’ifoto ya Naseeb...
Uwahoze ari umuyobozi wa Kaminuza ya Nkumba yahoze ari Dean, Prof Eric Busere Mugerwa ari mu kwezi kwa buki nyuma yo gushyingiranwa n’umukobwa mwiza cyane afite imyaka irenga...
Mu minsi mike ishize, Tanasha Donna yavuye mu buzima bwa Diamond ariko abahoze ari abakunzi be ntibamwibasira nkuko we yagiye abihenuraho harimo n’umwe mu bakobwa Diamond yaryamanye nawe ubwo...