Umuhanzikazi wo muri leta zunze ubumwe za Amerika, Lady Gaga, yatangaje ko yabonye Yezu/Yesu icyumweru cyose ahita afata umwanzuro wo kwitandukanya n’ikibi cyose harimo no kuba yararetse kunywa...
Umwe mu barwayi ba mbere ba Coronavirus muri Koreya ya Ruguru yishwe bunyamaswa araswa n’ubutegetsi nyuma yo guhabwa akato yarangiza akagasohokamo agiye mu bwogero...
Abasore babiri biga mu ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyingiro riri mu karere ka Huye, IPRC-Huye , mu ntara y’amajyepfo riherereye hafi ya Kaminuza y’u Rwanda ishami rya Huye batawe muri yombi...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 28 nibwo Umuhanzi nyarwanda uririmba indirimbo zaririmbiwe Imana,uzwi nka Adrien Misigaro n’umuvandimwe we Gentil Misigaro basanzwe baba muri Amerika...
Général Delphin Kahimbi wari ukuriye iperereza rya gisirikare muri Repubulika ya Demokarasi ya Congo yasanzwe iwe yapfuye mu gitondo cyo kuri uyu wa Gatanu.
Idris Sultan umunyarwenya akaba n’umukinnyi wa filime wo muri Tanzania,yavuze ko muri iki gihe bikimugoye kongera gusubira mu rukundo bitewe n’uko abakobwa bifuza gukundana nawe bashaka ko...