Umuhanzi Diamond Platnumz wo muri Tanzania yatangaje ko agiye gushora imari mu mupira w’amaguru akagura imwe mu makipe akomeye muri Tanzania akayihindurira izina akayita “Wasafi FC,” izina risanzwe...
Perezida wa Leta Zunze Ubumwe za Amerika, Donald Trump yatangaje ko igihugu cye cyiteguye gukemura ibibzo mu mahoro hatitabajwe imbaraga za gisirikare, ariko nibyanga Amahanga azabona ubukaaka...
Umuhanzi w’icyamamare muri Amerika Chaffer Chimere Smith uzwi ku izina rya Ne-Yo yatangaje uburyo yishimira kumva indirimbo ze cyane cyane iyo ari ku buriri arimo gutera akabariro n’umugore...
Umuvugizi mu ngabo za leta ya Congo avuga ko ingabo z’iki gihugu ejo kuwa kane zafashe ibirindiro bikuru by’umutwe w’inyeshyamba za ADF biri ahitwa Medina mu majyaruguru ya...
Umuhanzi Nemeye Platini ubarizwa mu itsinda rya Dream Boys ubu ari mu gihugu cya Tanzania aho ari gukorana indirimbo n’umuhanzi uri mu bakunzwe cyane muri iki gihugu witwa Raymond Shaban Mwakyusa...
Umujyanama mukuru wa Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda ushinzwe ibya gisirikare n’ umutekano General James Kabarebe yavuze uko byagenze ngo ahamagare Major General Ntawunguka Pacifique kuri...
Kenya na Nigeria biri mu bihugu bifite abantu benshi bakunda Perezida Donald Trump wa Amerika, nk’uko byerekanwa n’ubushakashatsi bwakozwe n’ikigo Pew Research Center cyo muri Amerika gikora amatora...
Shampiyona y’icyiciro cya mbere mu mupira w’amaguru mu Rwanda irakomeza kuri uyu wa gatanu hakinwa umunsi wa 17, kugeza ubu APR FC ni yo iyoboye urutonde...
Umugabo yatawe muri yombi muri Kenya nyuma yo kwatura mu rusengero ko yahoze ari umwambari w’umutwe w’abarwanyi ba kiyisilamu wa Al Shabab muri Somaliya.