skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Diamond yavuye ku izima ahishura umwaka azarongoreramo Tanasha n’impamvu ari muri uwo mwaka

Umuhanzi Diamond Platnumz ukomeye mu gihugu cya Tanzania,kugeza ubu uri mu rukundo n’umunyakenyakazi Tanasha Donna Oketch, yavuze ko umwaka twitegura kwinjiramo wa 2020, utazasiga adakoze...
17 December 2019 Yasuwe: 5859 0

Musharraf wayoboraga Pakistan yakatiwe urwo gupfa

Urukiko rwihariye rw’i Islamabad muri Pakistan rwakatiye urwo gupfa General Pervez Musharraf wahoze ari perezida w’iki gihugu.
17 December 2019 Yasuwe: 1986 0

Kigali:Abaturage bamaze iminsi basenyerwa basubijwe[AMAFOTO]

Kuva mu mpera z’icyumweru dusoje nibwo ubuyobozi bw’umujyi wa Kigali bwatangiye gusenyera abaturage batuye mu bishanga bitandukanye byo muri uyu mujyi nyuma yo kuburirwa no kubashishikariza kwimuka...
17 December 2019 Yasuwe: 13087 0

Abaherutse gukora ubukwe biyahuriye rimwe bitewe n’amadeni bafashe kugira ngo bakore ubukwe bw’igitangaza

Imiryango ibiri yo mu gace ka Kisumu muri Kenya, irabika urupfu rw’abana babo bari baherutse gusezerana nyuma y’iminsi ine gusa, bakaba bazize kuba biyahuye bitewe n’amadeni bafashe kugira ngo...
17 December 2019 Yasuwe: 6877 2

Umuntu mugufi ku isi yizihije isabukuru y’amavuko y’imyaka 26[AMAFOTO]

Jyoti Amge umugore ukomoka mu gihugu cy’ubuhinde, ubu arizihiza isabukuru y’imyaka 26, niwe mugore wambere mugufi ku isi, kuva muri 2011 kugeza uyu munsi nta centimetero n’imwe...
17 December 2019 Yasuwe: 3650 0

Amerika igiye kwitambika umugambi wo kwihuza kwa Facebook, Instagram na WhatsApp

Nyuma y’uko umuyobozi akaba na nyiri kompanyi ya Facebook Mark Zuckerberg aguze imbuga nkoranyambaga zirimo Instagram muri 2012 na Whatsapp muri 2014 ndetse na Messenger yahise atangaza ko hagiye...
17 December 2019 Yasuwe: 857 0

Angelique Mumarashavu wari umukinnyi wa filime n’ikinamico yitabye Imana

Angelique Mumarashavu wari umukinnyi wa filime n’ikinamico yitabye Imana azize uburwayi bw’umwijima yari amaranye igihe.
17 December 2019 Yasuwe: 11548 0

Umusore wakinaga Rugby yapfuye hashize umunsi umwe akoze ubukwe bw’igitangaza n’umukunzi we

Navar Herbet wamenye ko arwaye cancer ku myaka 22 yakoze ubukwe n’umugore we babanaga badasezeranye mu rwego rwo kwishimana n’umuryango we n’incuti ze akabasezeraho.
17 December 2019 Yasuwe: 4012 0

Umugore warimo aca inyuma umugabo we yafatanye n’umusore basambanaga uburibwe bubabanye bwinshi baratabaza

Umugore usanzwe afite umugabo ubwo yasambanaga n’umusore bakundanaga, bamatanye, bumvise bakomeje kuribwa cyane baratabaza.
17 December 2019 Yasuwe: 6181 1

Muri Zambia hemejwe umushinga wo guhinga urumogi

Inama y’abaminisitiri muri Zambia yateranye mu Cyumweru gishize yemeje umushinga w’itegeko ryemera ubuhinzi bw’urumogi, ubu buhinzi bukaba buha uburenganzira bantu gusa barukoresha mu buryo...
17 December 2019 Yasuwe: 532 0
0 | ... | 3060 | 3070 | 3080 | 3090 | 3100 | 3110 | 3120 | 3130 | 3140 | ... | 7410