Umuhanzikazi Marina wo muri Label ya The Main yasabye abakobwa bagenzi be bashaka kwinjira muri muzika ko bagenda gacye kuko ngo byatuma batakaza abafana.
Nyuma y’amakuru avuga ko kuwa 24 Nzeri 2019, abantu batazwi babikuje amafaranga kuri konti ya sosiyete yitwa Kina Music bakoresheje sheki bibye Clement Ishimwe Karake uyibereye umuyobozi bakigana...
Umushumba w’Itorero Angilikani muri Paruwasi ya Remera, Pasiteri Antoine Rutayisire anenga cyane uburyo ababyeyi muri iki gihe batanga uburere budahwitse ku bana babo, ashimangira ko aribyo bituma...
Umuhanzikazi Young Grace ukunzwe cyane mu njyana ya Hip Hop mu Rwanda, yatangaje impamvu yagiye kubyarira umwana mu karere ka Rubavu ku ivuko aho ashimangirako nta yandi mahitamo kuko yari...