skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Perezida wa Liberia yihanganishije imiryango yabuze abana bahiriye mu nzu bararagamo y’ikigo bigagaho

Umukuru w’igihugu cya Liberia, George Weah kuri Twitter yihanganishije imiryango yabuze abana bahiriye mu mpanuka y’inzu yo mu kigo bararamo yahiye abagera kuri 27 bakahasiga...
19 September 2019 Yasuwe: 1453 0

Miss Ingabire Habibah agiye kurongorwa

Umukobwa witwa Ingabire Habibah w’imyaka 21 y’amavuko wahagarariye u Rwanda muri Miss Supranational yabereye muri Poland mu Ukuboza 2018, ageze kure imyiteguro y’ubukwe bwe n’umukunzi...
19 September 2019 Yasuwe: 2808 1

KIGALI:Hagiye kuba igitaramo cy’abambaye imyeru ku nshuro yacyo ya Kabiri kikazaba kirimo udushya twinshi[AMAFOTO]

Igitaramo cy’abambaye imyeru kizwi ku izina rya “Hot white party” kigarutse ku nshuro ya kabiri kirimo udushya twinshi!
19 September 2019 Yasuwe: 1680 1

Umuhanzikazi nyarwanda Alyn Sano yavuze uburyo ibibi bye n’umukunzi we babiziranyeho[AMAFOTO+VIDEO]

Alyn Shengero Sano umuhanzikazi nyarwanda ukomeje kwigarurira imitima y’abakunzi b’umuziki nyarwanda batari bake yashyize hanze indirimbo yise “For Us” irimo amagambo y’abari mu kwezi kwa...
19 September 2019 Yasuwe: 2048 0

Amashusho ya Kevin Hart ari guca inyuma umugore we asambana n’umunyamidelikazi agiye gutuma atanga akayabo...

Umunyamideli waryamanye na Kevin Hart mu 2017 yasabye indishyi z’akababaro za miliyoni $ 60 nyuma yo gusakazwa kw’amashusho yabo bombi bari gutera akabariro.
19 September 2019 Yasuwe: 2225 1

Dj Ira yahishuye impamvu ituma bavuga ko aryamana nabo bahuje igitsina

Iradukunda Grace Divine wamenyekanye nka DJ Ira mu kazi akora ko kuvangavanga umuziki, avuga ko ataryamana nabo bahuje igitsina nk’uko byagiye bivugwa, ahubwo ngo imyambarire ye ni yo ituma...
19 September 2019 Yasuwe: 2596 0

Davido yasabwe kuzambarirwa na Chris Brown mu bukwe

David Adedeji Adeleke wamamaye mu muziki nka Davido mu minsi ishize yatangaje ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Chioma, kuri ubu Chris Brown yasabye uyu muhanzi wo muri Nigeria ko...
19 September 2019 Yasuwe: 1535 0

HUYE:Reba ubuhamya bwa Fifi w’imyaka 21 ufite ikibuno buri mugabo wese abona akamwifuza

Uyu mukobwa avuga ko yitwa Fifi afite imyaka 21 y’ amavuko ngo buri mugabo wese ubonye inyuma he aramwifuza akanabimwereka gusa ngo ntazi impamvu ibi bimubaho? Ntazi n’ icyo yakora ngo areke...
18 September 2019 Yasuwe: 27488 23

Pasiteri Mpyisi yasobanuye uburyo abakirisitu bishuka ko Imana yabapfiriye

Pasiteri Ezra Mpyisi, akora umurimo w’ivugabutumwa mu idini ry’Abadiventisite, ashimangira ko Imana itigeze ipfa, abakirisitu bishuka ko yabapfiriye.
18 September 2019 Yasuwe: 4872 7

#Xenophobia:Leta ya Afurika y’Epfo yavuze ku rugomo rwahabereye rukibasira abanyamahanga

Mu minsi ishize muri Afurika y’Epfo habereye urugomo rwakorwaga n’Abanyafurika y’Epfo bibasiraga abanyamahanga bakorera ibikorwa bitandukanye muri iki gihugu, ku buryo benshi basigaye iheruheru,...
18 September 2019 Yasuwe: 1432 1
0 | ... | 3870 | 3880 | 3890 | 3900 | 3910 | 3920 | 3930 | 3940 | 3950 | ... | 7410