Umukuru w’igihugu cya Liberia, George Weah kuri Twitter yihanganishije imiryango yabuze abana bahiriye mu mpanuka y’inzu yo mu kigo bararamo yahiye abagera kuri 27 bakahasiga...
Umunyamideli waryamanye na Kevin Hart mu 2017 yasabye indishyi z’akababaro za miliyoni $ 60 nyuma yo gusakazwa kw’amashusho yabo bombi bari gutera akabariro.
Iradukunda Grace Divine wamenyekanye nka DJ Ira mu kazi akora ko kuvangavanga umuziki, avuga ko ataryamana nabo bahuje igitsina nk’uko byagiye bivugwa, ahubwo ngo imyambarire ye ni yo ituma...
David Adedeji Adeleke wamamaye mu muziki nka Davido mu minsi ishize yatangaje ko agiye gukora ubukwe n’umukunzi we Chioma, kuri ubu Chris Brown yasabye uyu muhanzi wo muri Nigeria ko...