Umusore w’Umwongereza witwa Jack Heslewood yatowe nk’umusore mwiza ku Isi mu marushanwa ya Mr World mu muhango wabereye muri The Smart Araneta Coliseum.
Ku cyumweru tariki 25 Kanama 2019, umuraperi Young Grace Abayizera yibarutse umwana w’umukobwa yise Amata Anca Ae’eedah Ai yahaye akabyiniriro ka DIAMANTE.
Shyaka Jean Luc w’imyaka 21 uririmba mu buryo bwa ‘Opera’ yabaye umunyarwanda wa mbere wasezerewe mu irushanwa rya East Africa’s Got Talent biteza impanka mu bagize akanama nkemurampaka bose bitana...
Abanyonzi bo mu Mujyi wa Bujumbura bifashishijwe mu myigaramabyo yabaye ku wa Gatandatu tariki 24 Kanama 2019 barishyuza 3000 by’amafaranga y’Amarundi bari bijejwe kugira ngo...
Umunyarwanda Jean Claude Uwizeye ukinira ikipe ya Sables Vendée Cyclisme-Cube yo mu Bufaransa, yaraye yegukanye isiganwa ry’amagare ryari rimaze iminsi rizenguruka intara ya Guyane, akora amateka...
Umuhanzi Weasal wamamaye cyane mu gihugu cya Uganda, mu itsinda rya Good Lyfe yahoze aririmbana mo na nyakwigendera Mowzey Radio, yatangaje umubare w’abana afite bishyira mu rujijo benshi mu...
Umuhanzikazi Young Grace wamamaye cyane mu njyana ya Hip Hop mu muziki Nyarwanda,mu rukerera rwo kuri uyu wa Gatandatu yibarutse imfura ye y’umukobwa yamaze guha izina rya Diamante...