Ikipe ya Manchester United yasinyishije umukinnyi w’imyaka 14 y’amavuko igihe kingana n’imyaka 2 nyuma yuko uyu mukinnyi ageragerejwe mu ikipe ya Liverpool.
Nyuma y’uko uwari umutoza wungirije w’ikipe ya APR FC atandukanye nayo, Jimmy Mulisa, Buregeya Prince na Nshuti Innocent bafashe umwanya bashimira uyu mutoza uruhare yagize mu rugendo rwabo mu...
Kuri uyu wa kabiri i Paris mu gihugu cy’Ubufaransa, habereye inama yahuje abayobozi ba FC Barcelona na Paris Saint Germain mu rwego rwo kureba niba amakipe yombi yakumvikana k’Umunya-Brazil Neymar...
Ni nyuma y’inkuru zavunzwe cyane mu baturage bo Mu kagari ka Nyamugari, Umurenge wa Gatsata, Akarere ka Gasabo, aho havuzwe umugabo wiyita Umupasiteri akajya atembera mu baturage ababwiriza...
Ni kenshi uzasanga utubyiniro twinshi mu mijyi itandukanye haba habarizwamo abagore benshi n’abakobwa. Muri Kenya kubera ko mu tubari hagaragaraga ipfu z’abagore biturutse gusinda byatumya...
Mu minsi ishize nibwo umuhanzi Humble Jizzo wo mu itsinda rya Urban Boys yagarutse mu Rwanda n’umukunzi we aho bavuye muri Leta Zunze Ubumwe z’Amerika kwa...