Kuri uyu wa kabiri tariki ya 23 Nyakanga 2019, ni bwo Rusheshangoga Michel yasezeranye imbere y’amategeko na Nakazungu Aimé bakunda kwita Njungu, aho ubukwe buzaba tariki ya 26 Nyakanga...
Umugabo wo mu Murenge wa Rusatira mu Karere ka Huye yatawe muri yombi na Polisi y’Igihugu akekwakwaho gutera inda umukobwa we ndetse no gucuruza urumogi.
Ikipe ya APR FC nyuma yuko ititwaye neza mu irushanwa rya CECAFA Kagame Cup 2019, ryaberaga mu Rwanda mu gihe yaritegerwejweho ibitangaza ndetse inahabwa amahirwe yo kuryegukana dore koi zo...
Abashinzwe iby’indege mu gihugu cya Nigeria bari gukora iperereza k’uburyo umugabo utamenyekanye yashoboye kurira ku baba ry’indege yarigiye gufata ikirere.
Umunyarwanda uba muri Amerika akaba ari inshuti y’akadasohoka ya P. Diddy, Tumaine Basaninyenzi ndetse akaba ari umwe mu bayobora YouTube yasabye anakwa umukunzi we Abaynesh Jembere ukomoka muri...
Mu minsi yashize umuhanzi P Fla, yibasiye abaraperi bagenzi be Riderman na Amag The Black, avuga ko atari abaraperi ahubwo ko ari abacuruzi.P Fla yavuze ibi hashize iminsi mike Ama G The Black,...