Clarisse Karasira ni umuhanzi muri iyi minsi ugezweho mu bakunzi ba muzika bitewe n’uko ari umwe mu bahisemo gukora injyana Gakondo mu rugendo rwe rwa...
Sunday Umujyanama wa Mwiseneza Josiane yatangaje ko ari ahantu ahuze arimo gukora ibikorwa bye yiyemeje kuzakora kandi ko ibivugwa ko atwite ataru ukuri.
Umunyarwanda witwa Jean Leonard Teganya, yakatiwe imyaka umunani y’igifungo n’ubutabera bwo muri Leta zunze ubumwe za Amerika kubera guhisha uruhare rwe muri Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994,...
Makanyaga Abdoul ni umwe mu bakuze muri muzika y’u Rwanda uyu musaza uri mu nararibonye rya muzika y’ u Rwanda dore ko yatangiye muzika mu myaka yi 1970.
Indege yakozwe n’ingimbi n’abangavu bo muri Afurika y’Epfo iri gukora urugendo rwo kuva mu mujyi wa Cape Town muri iki gihugu yerekeza i Cairo mu murwa mukuru wa Misiri ndetse yamaze guhagarara bwa...
Abantu 10 baguye mu mpanuka y’indege muri Leta zunze ubumwe za Amerika mu gace ka Texas, mu mpanuka yabaye nyuma y’igihe gito iyo ndege yari imaze ihagurutse ku...
Diamond na Ali Kiba bavuzweho kenshi guhangana no kutumvikana cyane mu muziki haba mu ndirimbo bakora no ku mbuga nkoranyambaga, kuri ubu ibi bisa naho bitigeze birangira kuva aho Ali Kiba ukunze...