skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Uyu Mudepite yatawe muri yombi kubera urubuga rwa Twitter

Umudepite wo muri Côte d’Ivoire witwa Alain Lobognon yakatiwe igifungo cy’umwaka umwe no gutanga amande angana n’amadolari 520 y’Amerika kubera gukwirakwiza amakuru y’ibinyoma no kugumura rubanda...
31 January 2019 Yasuwe: 897 0

Hashyizweho ibiciro bishya by’amazi

Urwego ngenzuramikorere(RURA) rwashyizeho ibiciro bishya by’amazi, bizatangira gushyirwa mu bikorwa taliki 01 Gashyantare 2019.
31 January 2019 Yasuwe: 2026 0

Umubano w’u Burundi n’u Rwanda ugiye kuganirwaho

Umubano w’u Rwanda n’u Burundi ni imwe mu ngingo byitezwe ko izaganirwaho mu nama y’abakuru b’ibihugu bigize Umuryango wa Afurika y’Iburasirazuba, EAC iteganyijwe ku wa Gatanu tariki ya 1...
30 January 2019 Yasuwe: 5037 0

Burera:Umwana wiga mu mwaka wa mbere w’amashuli Yisumbuye yafatiwe ku ngufu aho barara n’abandi banyeshuli

Amakuru avuga ko byabaye ku cyumweru tariki 27 Mutarama nijoro ubwo umwana w’umukobwa w’imyaka 12 wiga ku kigo cy’amashuri cya APAPEDUC Bungwe yafashwe ku ngufu asambanywa ari mu cyumba aho...
30 January 2019 Yasuwe: 5026 0

Umunyamidelikazi w’uburanga nawe wo muri Ethiopia wakinanye urukundo na Meddy igihe kinini yavuze uburyo barukinnyemo bitungura...

Umunyamidelikazi ukomoka mu gihugu cya Ethopia witwa Sosena wamze igihe kitari gito avugwa ko ari mu rukundo n’umuhanzi nyarwanda Meddy, Yatangajeko batigeze bakundana na busa.
30 January 2019 Yasuwe: 9073 0

Uburyo amabere ya Tanasha ameze yatumye yibasirwa bikomeye ariko we yemeza ko aribyo bituma Diamond amusarira[AMAFOTO]

Mu bihugu bitandukanye bigize Afurika y’Iburasirazuba cyane cyane muri Tanzaniya na Kenya, usanga nta zindi nkuru ziri kugarukwaho usibye izerekeye ubukwe bwa Diamond n’umukunzi we Tanasha , icyaje...
30 January 2019 Yasuwe: 9932 0

Aba nibo bagore 10 muri Afurika bafite imiterere idasanzwe irigukurura abagabo cyane kurusha abandi[AMAFOTO]

Bajya bavugako afurika ari wo mugabane ugira abakobwa n’abagore bateye neza kandi bafite ikimero gikurura abagabo, niwo mugabane ufite abakobwa bafite ubwiza bw’umwimerere, ariko ibi byose biterwa...
30 January 2019 Yasuwe: 9069 3

Ntibisanzwe!Havutse impanga zikomoka ku bagabo 2 babana bahuje igitsina

Londres mu Bwongereza, abagabo babiri babana bahuje igitsina bari mu byishimo bidasanzwe nyuma yo kubyarirwa abana b’impanga hakoreshejwe ikoranabuhanga (In vitro fertilization), ryahuje intanga...
30 January 2019 Yasuwe: 2221 1

Jay Polly yatangiye gufata amashusho y’indirimbo ye nshya yiganjemo ibyo yahuye nabyo nyuma yo gukubita umugore we birimo no...

AMAKURU MURI MUZIKA Jay Polly mu mushinga w’ amashusho y’indirimbo ye “Umusaraba wa Joshua” AMAFOTO ByRemera GaetanPosted on January 29, 2019 COMMENTS Jay Polly ukunze kwiyita Kabaka, numwe...
30 January 2019 Yasuwe: 2766 0

Hagati ya Weasel na Lilian Mbabazi umunyarwandakazi wahoze ari umugore wa nyakwigendera Mowzay Radio havutse intambara...

Douglas Mayanja wamamaye mu muziki nka Weasel ari mu intambara y’amagambo ikomeye na Lilian Mbabazi, wahoze ari umugore wa Radio witabye Imana umwaka ushize.
29 January 2019 Yasuwe: 3511 0