Burya uko umukobwa yaba ameze kose ashobora gukunda na we agakundwa cyangwa se nakundwe; biterwa n’umubona uko amwiyumvamo. Gusa nk’uko bikunze kugaragara, hari ibintu biza ku isonga cyane kuburyo...
Nyuma y’iminsi mike hadutse inkuru ivuga ku gitaramo cyo gusambana kigiye kubera mu Mujyi wa Kigali, kigatungura abantu benshi, ubu hamaze kwemezwa ko iki gitaramo kitakibaye n’ubwo nta Tangazo...
Kuri uyu wa 7 Ugushyingo nibwo ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda hakwirakwijwe ifoto yamamaza ikirori cy’ubusambanyi kiri gutegurwa mu ibanga,none aho kizabera n’uburyo bazapanga abantu...
Impaka zikunze kuba ndende mu bantu aho bamwe usanga bavuga ngo umugore niwe uryoherwa mu gikorwa cy’akabariro mu gihe abandi batabikozwa bavuga ko ari umugabo.
Umugore n’umugabo we bari bakimara gukora ubukwe bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu ubwo bavaga mu muhango w’ubukwe bwabo mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu tariki 7.
Umunyamuziki uzwi ku mazina ya Ray yandagaje umunyamidelikazi ukomeye hano ku mu bumbe w’Isi Kim Kardashian , nyuma yo kumusambanya akavugako ngo ntaho byari bitaniye no kwirukanka mu muhanda mu...
Gor Mahia yo muri Kenya ikinamo umunyarwanda Jacques Tuyisenge yaraye iherewe mu Bwongereza isomo rya ruhago itsindwa ibitego 4-0 mu mukino wabereye Goodison Park mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri.