skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Ibi ni ibyo abagore bakora batabizi kandi nyamara byangiza mu buryo bukomeye mu myanya ndangagitsina yabo

Inzobere mu bijyanye n’ubuzima bw’imyororokere bavuga ko hari ibintu 11 abagore cyangwa abakobwa badakwiye gukorera imyanya yabo y’ibanga kuko bishobora kubangiza ku buryo bukomeye kandi cyane.
9 November 2018 Yasuwe: 6616 0

Iyi niyo mpamvu ituma abakobwa beza batarongorwa hakarongorwa ababi

Ubwiza bw’umukobwa ntibusobanuye ko ahita abona umugabo mu buryo bwihuse kuko hari n’igihe usanga abafatwa nk’aho badasamaje aribo barongorwa cyane. Iyi nkuru irasiga umenye zimwe mu mpamvu...
8 November 2018 Yasuwe: 8582 3

Uyu niwe mukobwa abasore bose baba barwanira bifuza gukundana nawe

Burya uko umukobwa yaba ameze kose ashobora gukunda na we agakundwa cyangwa se nakundwe; biterwa n’umubona uko amwiyumvamo. Gusa nk’uko bikunze kugaragara, hari ibintu biza ku isonga cyane kuburyo...
8 November 2018 Yasuwe: 7296 0

Bamporiki, RALC na Minisitiri Nyirasafari bagize bavuga ku birori bizakorerwa ubusambanyi [AMAFOTO]

Nyuma y’iminsi mike hadutse inkuru ivuga ku gitaramo cyo gusambana kigiye kubera mu Mujyi wa Kigali, kigatungura abantu benshi, ubu hamaze kwemezwa ko iki gitaramo kitakibaye n’ubwo nta Tangazo...
8 November 2018 Yasuwe: 9016 4

Kigali: Cya gitaramo kizakorerwamo ubusambanyi aho kizabera n’uburyo bazapangwamo byamenyekanye

Kuri uyu wa 7 Ugushyingo nibwo ku mbuga nkoranyambaga zo mu Rwanda hakwirakwijwe ifoto yamamaza ikirori cy’ubusambanyi kiri gutegurwa mu ibanga,none aho kizabera n’uburyo bazapanga abantu...
8 November 2018 Yasuwe: 6491 4

Sobanukirwa uryoherwa cyane hagati y’umugore n’umugabo iyo bari gukora imibonano mpuzabitsina

Impaka zikunze kuba ndende mu bantu aho bamwe usanga bavuga ngo umugore niwe uryoherwa mu gikorwa cy’akabariro mu gihe abandi batabikozwa bavuga ko ari umugabo.
7 November 2018 Yasuwe: 9728 0

Bwa mbere umuhanzi nyarwanda Kamichi yerekanye umwana bamaze amezi 3 babyaye[AMAFOTO]

Umuhanzi w’umunyarwanda, Bagabo Adolphe uzwi nka Kamichi yerekanye bwa mbere umwana we w’umukobwa amaze amezi atatu yibarutse.
7 November 2018 Yasuwe: 3708 0

Inkuru ibabaje y’abageni bakoze ubukwe bakora impanuka bapfa bataragera mu rugo rwabo rushya bari batashyemo[AMAFOTO]

Umugore n’umugabo we bari bakimara gukora ubukwe bapfiriye mu mpanuka y’indege ya kajugujugu ubwo bavaga mu muhango w’ubukwe bwabo mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu tariki 7.
7 November 2018 Yasuwe: 3590 0

Ray J yavuze uburyo Kim Kardashian yapanutse igitsina bituma yitaba telefone ari gukora imibonano mpuzabitsina

Umunyamuziki uzwi ku mazina ya Ray yandagaje umunyamidelikazi ukomeye hano ku mu bumbe w’Isi Kim Kardashian , nyuma yo kumusambanya akavugako ngo ntaho byari bitaniye no kwirukanka mu muhanda mu...
7 November 2018 Yasuwe: 3537 0

Ikipe ya Gor Mahia ikinamo umunyarwanda Jacques Tuyisenge yaherewe isomo rya ruhago mu bwongereza na Everton[AMAFOTO]

Gor Mahia yo muri Kenya ikinamo umunyarwanda Jacques Tuyisenge yaraye iherewe mu Bwongereza isomo rya ruhago itsindwa ibitego 4-0 mu mukino wabereye Goodison Park mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri.
7 November 2018 Yasuwe: 2507 0