skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Eric Senderi yatoboye ahishura uwamutegetse kudashaka umugore

Umuhanzi nyarwanda uzwiho kugira udushya, kumenya kuganira no kuririmba injyana zitandukanye ku ngino zigezweho Senderi International Hit yatangaje ko kuba afite imyaka ikabakaba 40 y’ amavuko...
9 June 2018 Yasuwe: 6532 0

Dore ibintu 3 by’ibanze wakorera umukunzi wawe mugihe mudakunze kuba ahantu hamwe ntazigere atekereza kukuzenguruka

Ku bantu bakundana ariko badakunze kubonana kenshi bikunze kuba ikibazo kumenya uko babyitwaramo kugirango babashe gushimishanya biruseho, bityo urukundo rwabo rurusheho gushinga imizi. ....
9 June 2018 Yasuwe: 8822 0

Dore bimwe mu bimenyetso bikaze bizakwereka niba umukunzi wawe agukunda nta buryarya burimo

– Menya ibyo wareberaho ko umugore wawe agukunda – Ni gute wamenya ko umugore wawe atakubeshya – Iby’ingenzi bigaragaza umugore ukunda umugabo we
9 June 2018 Yasuwe: 5125 0

Mu mafoto reba imyitozo idasanzwe y’abasirikare bagize Special Force bahekenya inzoka nzima n’amenyo[AMAFOTO]

Ntibisanzwe bimenyerewe ariko bibaho,imyitozo y’ ingabo zigize umutwe wihariye udasanzwe w’ingabo [Special Forces], ikangaranya benshi bayibona, bitewe n’ibyo izo ngabo zikorera mu maso y’abantu....
8 June 2018 Yasuwe: 6419 1

Umwana w’imyaka 4 yatunguye isi yose arongora abakobwa 4 icyarimwe

Muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika ahitwa Utah, mu mugi wa Washington, umuhungu w’ imyaka ine yasezeranye imbere y’ Imana n’ abakobwa bane bari hagati y’ imyaka ine n’ irindwi. Abantu bagera kuri...
8 June 2018 Yasuwe: 7974 1

Umusaza n’umukecuru ntibigize bifotoza ubwo bakoraga ubukwe kuri ubu nibwo bafashe amafoto y’Ubukwe bikora benshi ku...

Umusaza Ferris Romaire n’umukecuru we Margaret Romaire, ntibigize bifotoza ubwo bakoraga ubukwe mu 1946. Kuri ubu nibwo bafashe amafoto y’Ubukwe babikorerwe n’umwuzukuru wabo. Ferris na...
8 June 2018 Yasuwe: 2937 0

NTIBISANZWE!Umugabo yashyinguwe atabizi yibereye mu kabari kwifatira icupa abimenya nyuma

Umugabo ukomoka mu gihugu cya Kenya, witwa Wilson Oluochyari yateye benshi agahinda bavuga ko yapfuye ndetse n’imihango yo kumushyingura yatangiye nyamara we yari yibereye ahantu arimo gufata...
8 June 2018 Yasuwe: 6181 0

Undi munyarwandakazi wanakundanyeho na Nizzo nawe yatawe muri yombi ku cyaha cyo gucuruza abana b’abakobwa[AMAFOTO]

Nyuma yuko hatawe muri yombi umuhanzikazi Momo akurikiranyweho gucuruza abakobwa, kuri ubu biravugwa ko undi mukobwa nawe uzwi nka Dabijou wamenyekanye cyane ubwo yavugwagaho kuba mu rukundo na...
8 June 2018 Yasuwe: 7414 0

Mama wa Diamond yavuze ikimutera guserera n’umuhungu we amuziza gukunda abagore cyane[AMAFOTO]

Nyina w’ umuhanzi Diamond Platnumz yashyize atangaza impamvu akunda kwivanga mu bijyanye n’urukundo rw’umuhungu we amucungira hafi kuko usanga ahora ashyamirana n’abakobwa ndetse n’abagore bakunda...
8 June 2018 Yasuwe: 3545 0

Byari amarira gusa ubwo hizihizwaga isabukuru y’amavuko y’umukecuru ushaje kurusha abandi ku isi wavuze ko arambiwe kubaho

Umurusiyakazi wagaragajwe ko ariwe ukuze kurusha abandi kw’isi yifuzaga kuzapfa akiri muto nyuma y’uko yizihiza isabukuru y’imyaka 129 amaze abayeho. Uyu mugore witwa Koku Istambulova ntiyigeze...
8 June 2018 Yasuwe: 3715 0