Umutoza Mukuru wa APR FC, Umunya-Maroc Adil Mohammed Erradi, yatangaje ko agiye kurega umunyamakuru wa Radio Rwanda, Kwizigira Jean Claude, watangaje ko nta byangombwa byemewe by’ubutoza afite.
Miss Jordan Mushambokazi yasubije umufana we wamubajije ikintu cy’ingenzi adashobora kubaho adafite. Ni mu kiswe 100 questions ku rubuga rwa snapchat aho Miss Jordan Mushambokazi yasubizaga ibibazo...
Miss Uwase Vanessa yatangaje ko ku myaka 16 y’amavuko aribwo yasomanye n’umuhungu bwa mbere. Ibi Miss Uwase Vanessa yabitangaje nyuma yo kubazwa igihe yasomanye bwa mbere mu kiswe 100 questions aho...
Kuri uyu wa 11 Ukuboza 2020, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda wari mu gikorwa cy’amasengesho yibasiye Abazungu, Polisi y’Igihugu ndetse na Komisiyo y’Amatora hejuru y’imyitwarire ya Bobi Wine mu...
Kuri uyu wa kane tariki 10 Ukuboza 2020 nibwo urukiko rw’i Milan mu Butaliyani rwakatiye umukinnyi Robinho wahoze ari umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Real Madrid igifungo cy’imyaka 9 kubera icyaha...