skol
Kigali

Author

Martin Munezero

Munezero Martin ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Yatangiye gukorera iki kinyamakuru muri Nzeli 2014.

Imbuga nkoranyambaga ze:

Instagram:Martin Promoter
Facebook:Munezero Martin
Twitter :Martin Promoter

Sheebah Karungi yahishuye impamvu abasore bamutinya

Umuhanzikazi Sheebah Karungi, umwe mu bakunzwe cyane mu gihugu cya Uganda ndetse no hanze yaho muri Afurika y’Iburasirazuba, yatangaje zimwe mu mpamvu zituma abasore badapfa kumwisukira ngo...
13 December 2020 Yasuwe: 3521 0

Umutoza Mukuru wa APR FC yarakaye cyane, ajyanye munkiko umunyamakuru wa Radio Rwanda

Umutoza Mukuru wa APR FC, Umunya-Maroc Adil Mohammed Erradi, yatangaje ko agiye kurega umunyamakuru wa Radio Rwanda, Kwizigira Jean Claude, watangaje ko nta byangombwa byemewe by’ubutoza afite.
13 December 2020 Yasuwe: 4583 1

Kenya:Abanyarwanda 1300 bahawe ubwenegihugu

Kuri uyu wa 12 Ukuboza 2020 ubwo igihugu cya Kenya cyizihizaga umunsi w’ubwigenge (Jamhuri Day), Perezida Uhuru Kenyatta yahaye Abanyarwanda 1300 ubwenegihugu.
13 December 2020 Yasuwe: 2072 0

Urukingo rwa Coronavirus ’Pfizer-BioNTech’ rwemejwe ko rukoreshwa by’amaburakindi muri Amerika

Ikigo cy’Amerika gishinzwe kugenzura ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti (FDA) cyahaye uruhushya urukingo Pfizer-BioNTech rwa coronavirus ngo rukoreshwe by’amaburakindi.
12 December 2020 Yasuwe: 1302 0

Reba igisubizo gitangaje Miss Mushambokazi yasubije umufana we wari umubajije ikintu adashobora kubaho adafite[AMAFOTO]

Miss Jordan Mushambokazi yasubije umufana we wamubajije ikintu cy’ingenzi adashobora kubaho adafite. Ni mu kiswe 100 questions ku rubuga rwa snapchat aho Miss Jordan Mushambokazi yasubizaga ibibazo...
12 December 2020 Yasuwe: 8468 0

Miss Uwase Vanessa ukundana n’umunyemari wo muri Congo yahishuye uburyo yasomanye bwa mbere n’umuhungu afite imyaka 16[AMAFOTO]

Miss Uwase Vanessa yatangaje ko ku myaka 16 y’amavuko aribwo yasomanye n’umuhungu bwa mbere. Ibi Miss Uwase Vanessa yabitangaje nyuma yo kubazwa igihe yasomanye bwa mbere mu kiswe 100 questions aho...
12 December 2020 Yasuwe: 6096 0

Perezida Yoweri Museveni yibasiye abanyamahanga, Polisi ,Komisiyo y’Amatora avuga no kuri Bobi Wine

Kuri uyu wa 11 Ukuboza 2020, Perezida Yoweri Museveni wa Uganda wari mu gikorwa cy’amasengesho yibasiye Abazungu, Polisi y’Igihugu ndetse na Komisiyo y’Amatora hejuru y’imyitwarire ya Bobi Wine mu...
12 December 2020 Yasuwe: 2475 0

Bobi Wine yahishuye abari inyuma y’ibyo akorerwa avuga ko umunsi umwe bazabyishyura

Depite Robert Kyagulanyi uzwi nka Bobi Wine, kugeza magingo aya utishimiye ibimukorerwaho mu bikorwa bye byo kwiyamamariza umwanya w’umukuru w’igihugu, yatangaje ko igihe kizagera buri wese mu...
12 December 2020 Yasuwe: 1938 0

Robinho umunya-Brazil wahoze akinira ikipe ya Real Madrid yakatiwe igifungo cy’imyaka 9

Kuri uyu wa kane tariki 10 Ukuboza 2020 nibwo urukiko rw’i Milan mu Butaliyani rwakatiye umukinnyi Robinho wahoze ari umukinnyi ukomeye mu ikipe ya Real Madrid igifungo cy’imyaka 9 kubera icyaha...
11 December 2020 Yasuwe: 2441 0

Reba ibintu 8 bishobora kukwereka ko umugabo muri kumwe agukunda cyane kandi akwiyumvamo

Uburyo umuntu yitwara mu rukundo byerekana uko agufata ndetse n’agaciro aguha. Abahanga mu by’imibanire bagaragaza ko imyitwarire umugabo agaragaza iyo muri kumwe mu rukundo ariyo igaragaza...
11 December 2020 Yasuwe: 3643 0