Mu binyoma byavuzwe n’abapasiteri/kazi bigafatwa nk’ ibinyoma bya Semuhanuka turasangamo Gitwaza wavuze ko yahamagajwe na Papa akamubaza ibibazo 120 , Apotre Rwandamura wavuze ko nta mukene...
Mu mafoto yaciye ibintu turasangamo amafoto atandukanye agaragaza bimwe mu bikorwa bitandukanye abasore n’inkumi bakorera muri piscine no mu mazi ,amafoto ya Keza yambaye umwambaro wa bikini , amwe...
Hamisa Mabetto abinyujije kuri Instagram yavuze ko yiyamye abantu bavuga ko akundana n’ abagabo bakize ahubwo ko ibyo byose atari we ari igeno ry’Imana yahisemo abazaba ababyeyi b’abana be .