skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Mu gitaramo cya Urban Boys i Musanze cyagaragayemo inkumi yabyinnye amabere asohoka mu isutiye [AMAFOTO]

Igitaramo cya Urban Boys cyabaye kuri uyu Gatanu cyagaragayemo umukobwa wabyinne amabere ye agasohoka mu isutiye , ndetse n’umusore wagaragaye yahuje urugwiro n’umukobwa .
29 April 2018 Yasuwe: 4987 0

Shaddyboo yagize icyo avuga ku mubano we na Diamond

Shaddyboo yavuze ntamubano afitanye na Diamond uretse kuba ari umufana we nk’abandi bose.
29 April 2018 Yasuwe: 2632 0

Peter wahoze muri P-Square yateze rutema ikirere yerekeza i Kigali

Peter Okoye, umwe mu mpanga ebyiri zari zigize itsinda rya P Square ari mu nzira zerekeza i Kigali mu gitaramo cyo gusoza Inama Mpuzamahanga ku miyoborere ya yiswe ‘2018 Mo Ibrahim kizabera Kigali...
28 April 2018 Yasuwe: 2913 0

Dore amafoto agaragaza uburanga bw’ umunyarwandakazi uri mu rukundo na Ykee Benda

Umuhanzi Ykee Benda ari mu rukundo n’umunyarwandakazi witwa Divine nyuma yo gutandukana n’uwahoze ari umukunzi we Julie.
28 April 2018 Yasuwe: 6732 0

Umubyeyi wa Masogange ngo ntiyigeze yishimira imico ye kuva akiri ku ishuri

Gerald Waya se wa nyakwigendera Agnes Masogange umwana wa kane mu bana 7 ,yavuze ko atigeze yishimira imico ye kuva yatangira kwiga kuko yivanye mu ishuri ashaka kwiga uburyo bakina filime.
28 April 2018 Yasuwe: 3175 0

Zari yatangaje impamvu ituma Diamond n’abandi bamwanga

Zari The Boss Lady yavuze ko impamvu Diamond n’abandi bamwanga ari uko akunda kuvuga ukuri , kubera ko agira intego mu buzima bwe , kuba uri icyamamare ndetse n’ibindi .
28 April 2018 Yasuwe: 5225 1

Umuhanzikazi wo muri Uganda yifotoje yambaye ubusa nka Kim Khardshian[AMAFOTO]

Umuhanzikazi Don Zella uzwi mu gihugu cya Uganda yashyize hanze ifoto yambaye ubusa igice cy’inyuma nyuma yo kwishimira amafoto Kim Kardashian yashyize hanze.
28 April 2018 Yasuwe: 3705 0

Tunda wavuzwe mu rukundo na Diamond yabonye umusore ugiye kumurongora

Tunda Sebastian wavuzwe mu rukundo na Diamond kuri ubu agiye kurongorwa na Casto Dickson ukora kuri Televiziyo ya Cloud Tv muri Tanzania.
28 April 2018 Yasuwe: 1559 0

Sepetu yatangaje cyo agiye gukora nyuma yo gutandukana na Diamond amuziza kubura urubyaro

Wema Sepetu watandukanye na Diamond kubera kubura urubyaro yavuze ko agiye gufungura iduka ricuruza imyenda y’abana kuko abakunda cyane.
28 April 2018 Yasuwe: 515 0

Shaddyboo afite ikibuno gito ariko azi kugitigisa [AMASHUSHO]

Shaddyboo nubwo afite ikibuno gito azi kugitigisa mu gihe Supersexy ufite kinini atabibasha ibi byemezwa neza n’abantu babakurikira ku mbuga nkoranyamba ndetse bigashimangirwa neza n’uburyo abantu...
27 April 2018 Yasuwe: 6082 1