Peter Okoye, umwe mu mpanga ebyiri zari zigize itsinda rya P Square ari mu nzira zerekeza i Kigali mu gitaramo cyo gusoza Inama Mpuzamahanga ku miyoborere ya yiswe ‘2018 Mo Ibrahim kizabera Kigali...
Gerald Waya se wa nyakwigendera Agnes Masogange umwana wa kane mu bana 7 ,yavuze ko atigeze yishimira imico ye kuva yatangira kwiga kuko yivanye mu ishuri ashaka kwiga uburyo bakina filime.
Zari The Boss Lady yavuze ko impamvu Diamond n’abandi bamwanga ari uko akunda kuvuga ukuri , kubera ko agira intego mu buzima bwe , kuba uri icyamamare ndetse n’ibindi .