skol
Kigali

Author

Muhire Jason

Mu gihe TMC yikundira abakobwa bateye neza , Platini we hari umugore yifuzaga ko basohokana

TMC uririmba muri Dream Boys yavuze ko ubusanzwe akunda abakobwa bateye neza mu gihe Platini yakwifuza gusohokana na Knowless Butera Kuri uyu wa Gatanu taliki 09 Werurwe 2018 itsinda...
10 March 2018 Yasuwe: 2077 0

Urutonde rw’ abahanzi bafite amafaranga menshi ku isi mu mwaka wa 2018

Urutonde rw’ abahanzi bakize ku isi turaza gusangamo Madona, Paul McCartney,Dr Dree, Celine Dion, Puff Daddy, Mariah Carey ndetse n’ abandi. Ku isi ugenda usangaho abakire batandukanye haba mu...
10 March 2018 Yasuwe: 6722 0

Young Grace yatutse umunyamakuru wamubeshyeye ibyo atavuze

Umuhanzikazi Young Grace yifashishije urukuta rwe rwa Instagram atuka umunyamakuru wo mu Rwanda ko nta bunyamwuga ndetse ko ari umwana w’ indaya. Taliki ya 9 Werurwe nibwo ikinyamakuru gikorera...
10 March 2018 Yasuwe: 3013 0

Dore ibikorwa by’ urukozasoni bibera kuri ’Miami Beach’

Ku mucanga wo ku mazi magari ya Miami muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ni hamwe mu hantu hazwi cyane ku isi ndetse hafite ubwiza bw’igitangaza benshi banezezwa no gusohokera...
10 March 2018 Yasuwe: 6670 0

Bryan White yasohoje isezerano yahaye umuryango wa nyakwigendera Mowzey Radio

Umuherwe Bryan White wiyemeje gufasha umuryango n’umubyeyi wa Radio, kuri ubu yujuje inzu yari yarasubitswe kubera urupfu rwa Radio. Amakuru atugeraho ni uko iyo inzu Radio yasize ituzuye uyu...
10 March 2018 Yasuwe: 2606 0

Urutonde rw’ abantu 10 batangaje ku isi udashobora gukeka niba babaho

Urutonde rw’ abantu batangaje ku isi turasangamo umugabo urya ibyuma ,umugabo ufite ubwanwa burebure, umugore mugufi ku isi, umugore unanutse ku isi , umugabo ufite umunwa muremure ku isi ndetse n’...
10 March 2018 Yasuwe: 5142 0

TMC wo muri Dream Boys kwihangana byanze aririra kuri radiyo mu kiganiro

Mujyanama Claude uzwi nka TMC mu itsinda ’Dream Boys’ yaririye mu kiganiro yatumiwemo kubera indirimbo yabo nshya ’Wagiye kare ifite icyo imwibutsa. TMC ubwo yari kuri Radiyo Rwanda ku mugoroba...
10 March 2018 Yasuwe: 1944 0

Jason Derulo yashyize hanze indirimbo izaririmbwa mu mikino y’igikombe cy’isi

Umuhanzi Jason Derulo yamaze gushyira hanze indirimbo izaririmbwa mu mikino y’igikombe cy’isi “Colors”. Iyi mikino izabera mu Burusiya mu kwezi kwa Gatandatu. Umuhanzi ndetse akaba n’ umubyinnyi...
9 March 2018 Yasuwe: 796 0

Umukobwa warugiye gukora ubukwe na Ali Kiba yamubenze kumugaragaro

Tanasha umukobwa wavugwaga ko agiye gukora ubukwe na Ali Kiba abinyujije kuri instagram yamaganye aya makuru avuga ko ari binyoma. Hashize iminsi igera kuri 5 ku mbuga zitandukanye ndetse n’...
9 March 2018 Yasuwe: 5091 0

Davido yaciye mu rihumye Jay Polly agenda badakoranye indirimbo

David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido yamaze kwambuka umupaka w’ u Rwanda atarangije indirimbo na Jay Polly. Ubwo Davido yageraga mu Rwanda taliki ya 02 Werurwe 2018 mu kiganiro n’ Itangazamakuru...
9 March 2018 Yasuwe: 1764 0