TMC uririmba muri Dream Boys yavuze ko ubusanzwe akunda abakobwa bateye neza mu gihe Platini yakwifuza gusohokana na Knowless Butera
Kuri uyu wa Gatanu taliki 09 Werurwe 2018 itsinda...
Umuhanzikazi Young Grace yifashishije urukuta rwe rwa Instagram atuka umunyamakuru wo mu Rwanda ko nta bunyamwuga ndetse ko ari umwana w’ indaya.
Taliki ya 9 Werurwe nibwo ikinyamakuru gikorera...
Ku mucanga wo ku mazi magari ya Miami muri Leta ya Florida muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, ni hamwe mu hantu hazwi cyane ku isi ndetse hafite ubwiza bw’igitangaza benshi banezezwa no gusohokera...
Umuherwe Bryan White wiyemeje gufasha umuryango n’umubyeyi wa Radio, kuri ubu yujuje inzu yari yarasubitswe kubera urupfu rwa Radio.
Amakuru atugeraho ni uko iyo inzu Radio yasize ituzuye uyu...
Mujyanama Claude uzwi nka TMC mu itsinda ’Dream Boys’ yaririye mu kiganiro yatumiwemo kubera indirimbo yabo nshya ’Wagiye kare ifite icyo imwibutsa.
TMC ubwo yari kuri Radiyo Rwanda ku mugoroba...
Umuhanzi Jason Derulo yamaze gushyira hanze indirimbo izaririmbwa mu mikino y’igikombe cy’isi “Colors”. Iyi mikino izabera mu Burusiya mu kwezi kwa Gatandatu.
Umuhanzi ndetse akaba n’ umubyinnyi...
Tanasha umukobwa wavugwaga ko agiye gukora ubukwe na Ali Kiba abinyujije kuri instagram yamaganye aya makuru avuga ko ari binyoma.
Hashize iminsi igera kuri 5 ku mbuga zitandukanye ndetse n’...
David Adedeji Adeleke uzwi nka Davido yamaze kwambuka umupaka w’ u Rwanda atarangije indirimbo na Jay Polly. Ubwo Davido yageraga mu Rwanda taliki ya 02 Werurwe 2018 mu kiganiro n’ Itangazamakuru...