Imyambarire idasanzwe igenda igaragara mu byamamare ku isi aho bagaragaza imiterere yabo ndetse rimwe na rimwe bakagaragaza ibice by’ibanga mu ruhame nubwo abandi bavuga ko bayambara mu rwego rwo...
Umuhanzi Davido utegerejwe mu mujyi wa Kigali mu gitaramo kiswe “30 Billion Africa Tour 2018” azasesekara mu Rwanda kuri uyu wa Gatanu .
David Adedeji Adeleke uzwi ku izina rya Davido umuhanzi...
Umukobwa kuri ubu utakibarizwa mu Rwanda wigeze kuvugwa mu rukundo n’ umuhanzi wo mu itsinda rya Urban Boys ariwe Nizzo yashyize hanze amashusho agaragaza ari mu cyogero yambaye ikariso n’ isutiya...