Amakuru agera ku Kinyaramakuru UMURYANGO aravuga ko Dr Nkurunziza Alphonse wari Umuyobozi Mukuru wari ushinzwe Ibikorwaremezo n’ Imiturire mu Umujyi wa Kigali amaze gusezera kuri iyi mirimo.
Perezida wa Repubulika y’ u Rwanda Paul Kagame tariki 24 na 26 Gicurasi uyu mwaka azitabira imurikabikorwa ryo guhanga udushya n’ ubuvumbuzi mu ikoranabuhanga rigiye kuba ku nshuro ya gatatu.
Umudugudu wa UWIMANA wo mu karere ka Kamonyi polisi y’ u Rwanda yawuhaye amazi meza, n’ umuriro w’ amashanyarazi ukomoka ku mirasire y’ izuba inawubahira ibiro byiza kuko wabaye indashyikirwa...
Mu gihugu cya Kenya mu mugi wa Nairobi habaye imyigaragambyo mu mahoro yo kwamagana resitora yabwiye umubyeyi wari urimo konsa umwana ategereje amafunguro ngo nage konkereza mu musarane.