Perezida wa Leta zunze ubumwe za Amerika Donald Trump yarakariye abakuru b’ ibihugu bya Afurika bakomeje gusimburana bahindura itegeko nshinga ry’ ibihugu byabo ngo bazakurwe ku butegetsi n’ urupfu...
Umusirikare mu ngabo za Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo Sergent Major Malanga Bombole wari umaze iminsi itatu afatiwe mu Rwanda, nyuma yo kwibeshya ku mipaka akisanga ku butaka bw’u Rwana...
Abarenga ½ cy’ abaturage ba Uganda bugarijwe n’ ubukene bukabije no kubura icyo barya biturutse ku kibazo cy’ ibura ry’ ibiribwa.
Ni ibyavuye mu bushakashatsi bwa gahunda yo kwita ku baturage mu...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yafunguye ku mugaragaro EPIC Hotel yubatswe mu karere ka Nyagatare ku bufatanye bw’inzego za leta n’abikorera, yuzuye itwaye amafaranga y’u Rwanda miliyari 19...