skol
Kigali

Author

Nsanzimana Ernest

Nsanzimana Ernest ni Umwanditsi w’Ikinyamakuru Umuryango. Afite Impamyabumenyi y’Icyiciro cya Kabiri cya Kaminuza (A0) mu Itangazamakuru n’Itumanaho yakuye muri Kaminuza y’u Rwanda Ishuri ry’ itangazamakuru n’ itumanaho

Kamonyi: Umupimyi w’ inzoga yateye icyuma mwenewabo

Umugabo witwa Simacye Jean Claude yateye icyuma mu mara mugenzi we bivugwa ko banafitanye amasano. Byabereye mu mudugudu wa Kigusa, Akagari ka Kagina mu murenge wa Runda, ahagana saa kumi n’...
29 October 2017 Yasuwe: 946 2

Ikirego nyuma y’ iperereza kuri Trump n’ u Burusiya

Robert Mueller, niwe uyoboye itohoza ku ruhare rw’Uburusiya Ibinyamakuru byo muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika byatangaje ko hari ibirego byatanzwe ku ruhare rw’ u Burusiya mu matora y’ umukuru...
28 October 2017 Yasuwe: 1217 0

Congo yakabaye ifite ubushobozi bwo kugaburira Afurika, Amerika n’ Uburayi

Ishami ry’ umuryango w’ abibumbye ryita ku biribwa FAO rivuga ko igihugu cya Repubulika iharanira Demukarasi ya Congo cyakabaye gifite ubushobozi bwo kugaburira miliyari ebyiri z’ abaturage mu isi....
28 October 2017 Yasuwe: 1089 0

Kigali: Umukecuru yagiye gusengera I Kibeho ngo Imana izamuhe guhura na Perezida Kagame

Nyirabera Marie Rose w’ imyaka 70 y’ amavuko avuga ko amaze imyaka myinshi yifuza guhura na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame. Uyu mukecuru avuga ko byatumye ajya gusengera I Kibeho ngo Imana...
28 October 2017 Yasuwe: 2650 0

Perezida Kagame yakomoje ku nama yagiriwe n’ inshuti ze mbere y’ amatora

Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko mbere y’ uko u Rwanda rwinjira mu matora y’ umukuru w’ igihugu hari inshuti ze z’ abanyamahanga zamubgiriye inama z’ uko akwiye kubigenza agakomeza...
28 October 2017 Yasuwe: 900 2

Jeff Bezo yaciye kuri Bill gates ubu niwe muherwe wa mbere ku isi

Jeff Bezos washinzwe Amazon.com akaba ari nawe muyobozi mukuru wayo kuri uyu wa 27 Ukwakira 2017 yabaye umuherwe wa mbere ku Isi nyuma yo kongera miliyari 7 z’ amadorali y’ Amerika ku bukungu bwe....
28 October 2017 Yasuwe: 1160 2

Buri masegoda 15 umukozi apfira mu kazi, mu Rwanda abakozi 90% ntibatangirwa ubwiteganyirize

.Abakozi 10% nibo gusa batangira ubwizigame muri RSSB. .Buri masagoda 15 umukozi apfira mu kazi
27 October 2017 Yasuwe: 1440 1

U Burundi bwamaze kwikura muri ICC

Nyuma y’ umwaka igihugu cy’ u Burundi gitangaje ko kigiye kwikura mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, kuri ubu bwamaze kubishyira mu bikorwa. Mu mwaka ushize ibihugu birimo Afurika y’ Epfo, u...
27 October 2017 Yasuwe: 1236 0

Burundi: Bimwe mu bigiye guhinduka mu itegeko nshinga

.Itegeko nshinga ry’ u Burundi rigiye kuvugururwa .Perezida w’ u Burundi agiye kujya ayobora manda y’ imyaka 7 ishobora kongerwa .Imiryango itari iya Leta isanga ari ukugira ngo Nkurunziza...
27 October 2017 Yasuwe: 1207 0

Abadepite bifuje ko ku nshingano za PAC hakwiyongeraho ubugenzacyaha

Nkusi Juvenal uyobora PAC Abagize inteko ishinga amateko y’ u Rwanda basabye ko Komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’ingengo y’imari ya Leta (PAC) yakongererwa ububasha ikabasha kujya...
26 October 2017 Yasuwe: 1531 3