Umugabo witwa Simacye Jean Claude yateye icyuma mu mara mugenzi we bivugwa ko banafitanye amasano.
Byabereye mu mudugudu wa Kigusa, Akagari ka Kagina mu murenge wa Runda, ahagana saa kumi n’...
Robert Mueller, niwe uyoboye itohoza ku ruhare rw’Uburusiya
Ibinyamakuru byo muri Leta zunze ubumwe z’ Amerika byatangaje ko hari ibirego byatanzwe ku ruhare rw’ u Burusiya mu matora y’ umukuru...
Nyirabera Marie Rose w’ imyaka 70 y’ amavuko avuga ko amaze imyaka myinshi yifuza guhura na Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame. Uyu mukecuru avuga ko byatumye ajya gusengera I Kibeho ngo Imana...
Perezida w’ u Rwanda Paul Kagame yagaragaje ko mbere y’ uko u Rwanda rwinjira mu matora y’ umukuru w’ igihugu hari inshuti ze z’ abanyamahanga zamubgiriye inama z’ uko akwiye kubigenza agakomeza...
Jeff Bezos washinzwe Amazon.com akaba ari nawe muyobozi mukuru wayo kuri uyu wa 27 Ukwakira 2017 yabaye umuherwe wa mbere ku Isi nyuma yo kongera miliyari 7 z’ amadorali y’ Amerika ku bukungu bwe....
Nyuma y’ umwaka igihugu cy’ u Burundi gitangaje ko kigiye kwikura mu rukiko mpuzamahanga mpanabyaha, kuri ubu bwamaze kubishyira mu bikorwa.
Mu mwaka ushize ibihugu birimo Afurika y’ Epfo, u...