Igitangazamakuru cyo kuri interineti gikora inkuru zicukumbuye cyatangaje ko umugabo w’Umurusiya ushinjwa kugira uruhare mu gitero cy’uburozi cyo mu mujyi wa Salisbury mu Bwongereza, ari...
Abadepite bagaragarije Minisiteri w’ Imari n’ igenamigambi impungenge ku myenda u Rwanda rwatse mu mahanga n’ imbere mu gihugu bagaragaza ko hari ibihugu byaka imyenda ikabibera umuzigo aho kuba...
Perezida Kagame uri i New York ahateraniye inama y’Inteko Rusange y’Umuryango w’Abibumbye ku nshuro ya 73, yakiriwe na Donald Trump wa Leta zunze Ubumwe za Amerika.
Perezida wa Leta Zunze za Amerika Donald Trump yasabye abandi banyamuryango b’ Akanama k’ umutekano mu Umuryango w’ Abibumbye gufasha Amerika kugira ngo Iran itazakora ibisasu by’ ubumara.
Imwe mu nkuru zitamenyekanye cyane ni uko ubwo Leta zunze ubumwe za Amerika zajyaga ku kwezi zajyanye amabendera y’ ibihugu bitandukanye mu Isi harimo n’ iry’ u Rwanda.
Polisi y’iki gihugu yatangaje ko yataye muri yombi umugabo witwa Alex Okello mu gitondo cyo kuri uyu wa Kabiri tariki 25 Nzeli 2018 , imukuye aho yari yihishe mu karere ka Lira gaherereye mu...