Ahitwa Ryamakomari-Ruhango mu Murenge wa Kigali, Akarere ka Nyarugenge, habereye impanuka mu ma saa tanu zo kuri uyu wa gatanu tariki 29 Nzeri 2023, imodoka irangirika cyane, ariko by’amahirwe...
Munyakazi Bruce Melodie yasubije abari kumuhanganisha na mukuru we The Ben ,avuga ko buri wese afite ubwoko bw’umuziki akora, kandi amufata nka Mukuru we, bityo ibikorwa yakoze cyangwa se akomeza...
Kuva ku ya 28 Nzeri 2023, ubwo The Ben yageraga i Bujumbura ari kumwe n’umugore we Uwicyeza Pamella ndetse na benshi mu bagize itsinda riri kumufasha aho yeretswe urukundo rukomeye ndetse aba...
Hari igihe umuntu agira umukunzi mu buzima bagatandukana baba barabanye cyangwa se batarabana nyuma ugasanga ashatse umugore ariko urukundo rwe ntirube rwaravuye kuri wa wundi wa mbere. Aha ni...
Ku mbugankoranyambaga zo muri Uganda ndetse n’ibinyamakuru amagambo akomeje kuba menshi nyuma yo kubona amashusho ya Harmonize n’umugandekazi Laika ufite inkomoko mu...
Ku wa 28 Nzeri 2023, nibwo The Ben yageze i Bujumbura ari kumwe n’umugore we Uwicyeza Pamella ndetse na benshi mu bagize itsinda riri kumufasha aho yeretswe urukundo...