skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Byamurenze akora agashya yikura imyenda ye ayiha abafana ba FC Barcelona asigara mu kibuga yambaye...

Umukinnyi w’ikipe ya Sevilla ,Ivan Rakitić yanditse amateka ku kibuga ,akora agashya gatangaza benshi mugikorwa yise gushimisha abakurikirana Camp Nou , yikuraga imyenda ye yose yari yambaye maze...
4 April 2022 Yasuwe: 4752 0

Perezida Kagame yageze mu murwa Livingtsone muri Zambia [AMAFOTO]

Perezida Kagame yageze mu murwa mukuru w’ubukerarugendo wa Zambiya, Livingstone , aho yatangiye uruzinduko rw’iminsi ibiri.
4 April 2022 Yasuwe: 1734 0

Kanimba wo Muri Bamenya Yapfushije Se Umubyara

Mazimpaka Wilson wamamaye ku izina rya Kanimba muri firime y’uruhererekane ya Bamenya ari mugahinda gakomeye nyuma kubura Umbyeyi we. Mu gitondo cyo kuri uyu munsi ku ya 4 Mata 2022 , nibwo...
4 April 2022 Yasuwe: 1696 2

Muyoboke Alex yahakanye amakuru yavugaga ko yasinyishije umuhanzi mushya

Muyoboke Alex usanzwe ufite studio y’umuziki itunganya amajwi n’amashusho by’indirimbo z’abahanzi, filime n’ibindi, yahakanye amakuru yasakajwe ku munsi w’ejo ku ya 3 Mata 2022, avuga ko yasinyishije...
4 April 2022 Yasuwe: 465 0

Umutoza wa Chelsea Thomas Tuchel yatandukanye n’umugore we bamaranye imyaka 13

Umutoza wa Chelsea, Thomas Tuchel, yatandukanye n’umugore we Sissi Tuchel, bari bamaranye imyaka 13 babana nk’umugore n’umugabo.
4 April 2022 Yasuwe: 1411 0

Hamenyekanye akayabo Ukraine isohora mu ntambara yatejwe n’u Burusiya

Igihugu cya Ukraine cyatangaje ko kubera umubano mubi gifitanye n’u Burusiya, gisohora angana na miliyari $10 buri kwezi yo kwirwanaho no guhangana nabwo. Itangazo ryashyizwe hanze n’Ibiro bya...
4 April 2022 Yasuwe: 1541 1

MINUBUMWE yatangaje uko igikorwa cyo Kwibuka ku nshuro ya 28 Kizagenda

Minisiteri y’Ubumwe bw’Abanyarwanda n’inshingano mboneragihugu (MINUBUMWE), iratangaza ko Kwibuka ku nshuro ya 28 Jenoside yakorewe Abatutsi, bizakorwa nk’uko byakorwaga mbere, ariko hubahirizwa...
4 April 2022 Yasuwe: 1963 1

Netflix rwahagaritse filime nshya ya Will Smith nyuma yo gukubitira urushyi Chris Rock muruhame

Raporo nshya yavuze ko imwe mu mishinga mishya ya filime za Will Smith igihe guhagarikwa ku rubuga rwa Netflix nyuma yo kugaragaza imyitwarire mibi agakubitara urushyi umunyarwenya Chris...
3 April 2022 Yasuwe: 962 0

Ifoto y’umunsi: Miss Uwase Honoline “Gisabo” yongeye kugaragaza urwakunda umukunzi we[Ifoto]

Ukurukundo rwa Miss Uwase Honoline n’uyu musore rwasakaye cyane ku ya 22 Gashyantare 2022, aho ku mbuga nkoranyambaga ndetse no mu binyamkuru bitandukanye byo mu Rwanda, hakwirakwijwe amafoto yabo...
3 April 2022 Yasuwe: 6569 0

Bimwe mu bihungu by’u Burayi byatangiye kuvuga ko ibihano byafatiwe u Burusiya bitari gushyirwa mu...

Minisitiri w’Intebe wa Pologne, Mateusz Morawiecki, yavuze ko ibihano barimo gufatira u Burusiya bidakora, urebye uburyo ubukungu bw’icyo gihugu bukomeje kwifata neza n’ifaranga ryacyo rikazamura...
3 April 2022 Yasuwe: 3607 0
0 | ... | 1510 | 1520 | 1530 | 1540 | 1550 | 1560 | 1570 | 1580 | 1590 | ... | 2770