Mu Rwanda buri mwaka hatorwa umukobwa uhiga abandi Umuco ,Ubwiza,ndetse n’ ubwenge iri rushanwa rikaba ribaye ku inshuro yaryo ya 12 kuva mu mwaka w’ 1993 n’ubwo haciyemo igihe kingana n’ imyaka 16...
Meddy uri mu bahanzi bakunzwe mu Rwanda, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga yashyize hanze ifoto igaragaza ko umufasha we atwite inda nkuru ndetse bari mu myiteguro yo kwibaruka imfura yabo.
Umuhanzikazi w’icyamamare ku Isi Rihanna uri kwitegura kwibaruka imfura ye na A$AP Rocky ,yerekanye impeta ya zahabu bivugwa ko yambitswe ubwo yari ari guhaha imyenda y’umwana yitegura kwibaruka....
Nyampinga w’u Rwanda uyu mwaka wa 2022 , Miss Nshuti Muheto Divine yatanze ubutumwa bw’ishimwe ku banyarwanda n’inshuti abavandimwe bamubaye hafi mu rugendo rutari rworoshye rwo gushaaka ikamba...