Nyuma y’inkuru yo gutwita kwa Rihanna yamenyekanye kuwa 31 Mutarama ubwo hajyaga hanze amafoto ye ndetse n’umukunzi we A$AP Rocky agaragaza uyu muhanzikazi atwite, iyi nkuru yashimishije abakunzi...
Nyina wa Diamond na mubyara w’uyu muhanzi, Romy Jons baciye amarenga y’ubukwe bw’icyi cyamamare na Zuchu mu byumweru bibiri! Nyuma y’iminsi havugwa ikibatsi cy’urukundo hagati ya Diamond na Zuchu...
Iyi ndirimbo yitwa Wibeshya’ Bwiza yakoranye na Mico The Best igiye hanze nyuma yo gusohora izindi nka Available na Yiwe na Mi Amor yakoranye na Riderman.
Bwiza umaze igihe gito cyane yinjiye mu...
Myugariro w’Ikipe y’Igihugu ’Amavubi’ Manzi Thierry, yamaze kwerekeza mu kipe ya AS FAR y’Igisirikare cy’ubwami bwa Maroc yamutanzeho akayabo.
Manzi wahoze ari Kapiteni w’amakipe ya Rayon Sports...
Umunyarwandakazi Ishimwe Sandra Elyse usanzwe utuye muri Leta Zunze ubumwe ari mu bakobwa umunani bari guhatanira ikamba rya Miss Africa Arizona ritangirwa muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika.
Cheslie Corrinne Kryst wegukanye ikamba rya Nyampinga uhiga abandi muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika rya 2019 (Miss USA 2019), yitabye Imana nyuma yo kwiyahura akaba yari yaciye amerenga y’uko...