Umunyamideli w’icyamamare Kim Kardashian n’umukunzi we Pete Davidson bagaragaye baryohewe n’ubuzima ku kirwa cya Bahamas aho bagiye kuruhukira.
Kim Kardashian umunyamideli ukunzwe cyane muri...
Nishimwe Naomie yabaye Miss Rwanda wa karindwi wambitswe ikamba mu marushanwa yateguwe na Rwanda Inspiration Back Up ku itariki 23 Werurwe 2020, akaba na Miss wa 10 kuva iri rushanwa ryabaho rya...
Umuhanzi Jason Derulo yatawe muri yombi nyuma y’aho yari amaze gukubita abagabo babiri bamwitiranije na Usher, ubwo yari avuye mu gitaramo cy’uyu muhanzi.
Jason Derulo, umuhanzi w’icyamamare wo...
Producer Holy Beat wahoze akorera muri Studio ya The Mane Records n’umugore we Annette Tahan ukomoka mu gihugu cya Israel bari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko bibarutse imfura yabo y’umuhungu.
Amashusho y’indirimbo ‘WHY’ y’umuhanzi The Ben ukundwa na benshi yakoranye n’icyamare mu muziki muri Afurika Diamond Platnumz yari itegerejwe amatsiko menshi yamaze kugera hanze .