skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Kim Kardashian yagaragaye ari kugirana ibihe byiza n’umukunzi we mushya ku kirwa cya Bahamas[Amafoto]

Umunyamideli w’icyamamare Kim Kardashian n’umukunzi we Pete Davidson bagaragaye baryohewe n’ubuzima ku kirwa cya Bahamas aho bagiye kuruhukira. Kim Kardashian umunyamideli ukunzwe cyane muri...
6 January 2022 Yasuwe: 1842 0

Ibyo wamenya kuri Miss Naomie wabaye nyampinga w’u Rwanda 2020 wujuje imyaka 24 uyu munsi[AMAFOTO]

Nishimwe Naomie yabaye Miss Rwanda wa karindwi wambitswe ikamba mu marushanwa yateguwe na Rwanda Inspiration Back Up ku itariki 23 Werurwe 2020, akaba na Miss wa 10 kuva iri rushanwa ryabaho rya...
5 January 2022 Yasuwe: 1941 0

Super Manger na Evariste umugabo wa Mukaperezida biyandikishije mu bashaka ikamba rya "Rudasumbwa" w’u Rwanda

Abasore barenga 300 bamaze kwiyandikisha mu bari guhatanira ikamba rya Rusasumbwa w’u Rwanda 2022, barimo n’abasanzwe bazwi aribo Gakumba Patrick wamamaye nka Super Manager na Kwizera Evariste...
5 January 2022 Yasuwe: 3518 0

Umuhanzi Jason Derulo yatawe muri yombi nyuma yo gukubita abagabo bamwitiranyije n’uwo basa[AMAFOTO]

Umuhanzi Jason Derulo yatawe muri yombi nyuma y’aho yari amaze gukubita abagabo babiri bamwitiranije na Usher, ubwo yari avuye mu gitaramo cy’uyu muhanzi. Jason Derulo, umuhanzi w’icyamamare wo...
5 January 2022 Yasuwe: 1080 0

Sobanukirwa udutima ukoresha mu butumwa bugufi utazi icyo dusobanura

Ubutumwa bugufi ni uburyo buryoha cyane kandi bwihuta dukoresha tuvugana n’inshuti zacu cyangwa abavandimwe. Uretse kandi kuba twakwandika, tujya tunohereza utumenyetso/ udushusho mu gihe...
5 January 2022 Yasuwe: 3804 0

Producer Holy Beat yibarutse imfura ye e[AMAFOTO]

Producer Holy Beat wahoze akorera muri Studio ya The Mane Records n’umugore we Annette Tahan ukomoka mu gihugu cya Israel bari mu byishimo bikomeye nyuma y’uko bibarutse imfura yabo y’umuhungu.
5 January 2022 Yasuwe: 762 0

Dore aya niyo mabanga 5 y’ingenzi niba ushaka kugira urukundo rw’igihe kirekire

Birashoboka ko wigeze kumva bivugwa ngo guhora mu bintu bimwe bibishya urukundo. Menya amabanga 5 y’ibintu wajya ukora mu rukundo bigatuma rumara igihe kirekire kandi ntibifatwe nk’akamenyero.
4 January 2022 Yasuwe: 2161 0

The Ben yasohoye amashusho y’indirimbo “Why” yakoranye na Diamond Platnumz irimo abakobwa beza cyane [Video]

Amashusho y’indirimbo ‘WHY’ y’umuhanzi The Ben ukundwa na benshi yakoranye n’icyamare mu muziki muri Afurika Diamond Platnumz yari itegerejwe amatsiko menshi yamaze kugera hanze .
4 January 2022 Yasuwe: 1207 0

Ubudage ku mwanya wa mbere, ku rutonde rw’ibihugu 15 bifite abakobwa bafite uburanga buke

Hifashihijwe amajwi y’abasoma ikinyamakuru The Insiders cyandikirwa mu Bwongereza, mu matora yakorewe kuri Internet, hagaragajwe urutonde rw’ibihugu bifite abakobwa bafite uburanga buke, aho...
4 January 2022 Yasuwe: 4631 0