Umwe mu banyezamu ba mbere mu Rwanda,Kwizera Olivier, umaze igihe yaranze gutangira akazi muri Rayon Sports, yamaze kwemera kugaruka muri iyi kipe nyuma yo guhabwa miliyoni enye z’Amanyarwanda.
Umuhanzi Yvan Muziki yategetswe na The Mane Music inzu isazwe ifasha umuhanzi Marina gusiba indirimbo “Aho “ yakoranye na n’uyu muhanzikazi iri kuri EP ye nshya yise ‘True Love’ yitegura gushyira...
Kim Kardashian nyuma yo gutandukana byeruye na Kanye West akomeje kugirana umubano udasanzwe n’Umunyarwenya Pete Davidson ndetse biri gukekwa ko baba bafitanye umubano ushobora kuvamo urukundo.
Ku nshuro yambere mu Rwanda hagiye gutangwa ibihembo byiswe ’Rwanda Influencers Awards’ aho kuri ubu hamenyekanye abari guhatana mu byiciro bitandukanye, birimo n’abakobwa 4 bari guhatana mu kiciro...
Abahanzi barimo Eddy Kezo na Ykee Benda bakomeye mu gihugu cya Uganda na Harmonize wo muri Tanzania batangaje ko bishimiye umuhanzi Bruce Melodie, ugiye gukora igitaramo cyo kwizihiza imyaka 10...
Umuhanzi ukomeye muri Nigeria, Adekunle Gold, yaraye ageze mu Rwanda yakirwa neza cyane , aho ari kwitegura igitaramo gikomeye azakora kuri uyu wa Gatanu, kikazabera kuri Canal Olympia ku i Rebero
Ikipe ya Kiyovu Sport yasabye imbabazi abafana bayo ,nyuma yo kunyagirwa n’amukeba wayo AS Kigali ibitego bine kubusa, bavuga ko uburyo batsinzwemo batari babyiteze ariko bizeza abafana umusaruro...