Abakobwa batanu barangajwe imbere na Anne Marie Dushyirehamwe bahize bagenzi babo mu irushanwa rya Miss Global Beauty Rwanda 2021 mu cyiciro cya ‘Talent winner’.
Umunyamakuru ukunzwe cyane mu myindagaduro hano mu Rwanda Jules William wamenyekanye kuri Julius Chita kuri CHiTA MAGIC TV yazeranye imbere y’amategeko na Batamuriza Yvette bamaze imyaka 3 bakundana.
Umuherwekazi Zari Hassan,yavuze uko umukunzi we mushya Dark Stallion yifashe ubwo yamenyaga ko uwahoze ari umugabo we, Diamond babyaranye abana 2 yamusuraga ,avuga ko ntakibazo yabigizeho kuko...
Marina nyuma y’igihe gito asezeye muri The Mane Music akaza kuyisubiramo, yahise akora indirimbo asaba imbabazi mu buryo bweruye, yumvikanamo amagambo yo kwicuza amakosa yagiye akora mu bihe...
Benshi mu bakurikiranira hafi umuziki wo mu Rwanda , ntibatinda kuvuga ko umuhanzi Itahiwacu Bruce uzwi ku izina rya Bruce Melody ariwe uyoboye muri muzika nyarwanda muri iyi myaka bitewe n’uburyo...
Tariki ya 21 Mata 2021, ni bwo Marina yatangaje byeruye ko yitandukanyije na The Mane Music Label, inzu yagize uruhare mu iterambere rya muzika ye. Gusa nyuma Bad Rama aza gutangaza ko yagarukiye...
Umuhanzi ukomeye mu gihugu cya Nigeria umaze iminsi mu Rwanda, Mr Eazi yamaze gufungura kompanyi(company) mu Rwanda aho yavuze ko icyo azahita akurikizaho ari ukugura inzu mu Rwanda.