Miss Grace Ingabire wegukanye ikamba rya nyampinga w’u Rwanda uyu mwaka nyuma yo gutangira igikorwa yise “Ndashoboye” mu kigo cya Groupe Scolaire Mater Dei yakomeje urugendo rwe, asura mu kigo...
Muri iki gihe hari ikibazo gihangayikishije abakobwa benshi ari cyo cyo gukora ubukwe n’abasore bakundana. Ahanini usanga aba basore bavuga ko igihe kitaragera cyangwa batanabishaka gusa kuri wowe...
David Ikishaka uzwi ku izina rya Davis D , nyuma y’iminsi mike arekuwe n’ubutabera, nyuma y’iminsi akurikiranyweho icyaha cyo kuba icyitso mu gusambanya umwana w’umukobwa utarageza imyaka...
Dj Poizon Ivy wahawe gucuranga mu mikino ya Basketball Africa League, izatangirira i Kigali guhera ku wa 16 Gicurasi agiye kwifashisha indirimbo z’abarimo Ish Kevin uri mu baraperi bagezweho mu...
Minisiteri ya Sport (MINISPORTS) yashyizeho ibisabwa ku abanyarwanda bashaka kuzakurikirana imikino ya Basketball African League (BAL) izabera mu Rwanda guhera kuri iki cyumweru tariki ya 16...
Umuraperi J.cole uri kubarizwa hano mu Rwanda, yamaze gusohora Album ye nshya ya Gatandatu yitwa “The Off-season” iriho indirimbo 12 , yakoreye muri Studio ya Jay-z.
Niba ushaka kuba mu mu bano wishimye ,ntukwiriye gutangira gukundana ugendeye ku rizi mpamvu turi bugarukeho muri iyi nkuru. Zose n’impamvu zidakwiriye umuntu ushaka kubaho yishimiye mu rukundo...