Uhuru Kenyatta usanzwe ari umuhuza w’inyeshyamba za M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye Tshisekedi ko yakwicarana na M23 bakaganira kugira amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa...
Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 2023, nibwo abarimu 4 bo mu kigo cya Sainte Trinité de Nyanza bafatiye mu cyuho bari gukuramo inda umunyeshuri bigishaga.,
Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha...
Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA ryahagaritse ikipe ya Al Nassr yo muri Arabie Saoudite kugura abakinnyi kubera umwenda ibereyemo Leicester City yo mu Bwongereza.
Iyi kipe yafatiwe...
Guverinoma ya Zanzibar muri Tanzania yashyizeho amabwiriza abuza abagabo n’abasore bo kuri iki kirwa gusuka imisatsi yabo ndetse itangaza ko uzabirengaho azajya acibwa miliyoni imwe y’amashilingi...
Minisiteri y’Ubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika agomba gukurikiranwa ku cyaha cyo gusebya E. Jean Carroll,...