skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Reba ibyagufasha kumenya uko wakwihanganira kubabazwa n’umukunzi wawe

Mu rukundo habamo ibintu bitandukanye byaba ibyiza ariko rimwe na rimwe ngo ntazibana zidakomana amahembe. Burya hari ubwo biba ngombwa ko uwo mukundana akurakaza akenshi hakaba ubwo iyo uba...
13 July 2023 Yasuwe: 1862 0

Uhuru Kenyatta wari witezweho kwirukana M23 yasabye Leta Congo kuganira nayo

Uhuru Kenyatta usanzwe ari umuhuza w’inyeshyamba za M23 na Leta ya Repubulika ya Demokarasi ya Congo, yasabye Tshisekedi ko yakwicarana na M23 bakaganira kugira amahoro agaruke mu Burasirazuba bwa...
13 July 2023 Yasuwe: 566 0

Reba ibintu 3 utari uzi ushyira mu maso bikangiza uruhu

Hari ibintu usanga abantu barishyiriyeho bavuga ko bituma umuntu akira ibiheri no kugira uruhu rwiza ndetse bigakwira mu bantu bakabifata nk’ukuri kandi ataribyo. Ibyo bintu akenshi iyo bishyizwe...
13 July 2023 Yasuwe: 2427 0

Meghan Markle agiye gukaragara muri firime yakunzwe cyane ku isi

Igikomangomakazi, Meghan Markle, akaba umugore wa Prince Harry, ubu agiye gukina nk’umukinnyi nyamukuru muri imwe muri firime zakunzwe kurusha izindi ku isi. The Bodyguard ni imwe muri firime...
13 July 2023 Yasuwe: 332 0

Nyanza : Abarimu 4 bafatiwe mu cyuho bakuriramo inda umunyeshuri bigishaga

Kuri uyu wa Gatatu tariki ya 12 2023, nibwo abarimu 4 bo mu kigo cya Sainte Trinité de Nyanza bafatiye mu cyuho bari gukuramo inda umunyeshuri bigishaga., Urwego rw’Igihugu rw’Ubugenzacyaha...
13 July 2023 Yasuwe: 1761 0

FIFA yafatiye ibihano bikakaye ikipe ya Al Nassr ya Cristiano

Ishyirahamwe ry’Umupira w’Amaguru ku Isi, FIFA ryahagaritse ikipe ya Al Nassr yo muri Arabie Saoudite kugura abakinnyi kubera umwenda ibereyemo Leicester City yo mu Bwongereza. Iyi kipe yafatiwe...
13 July 2023 Yasuwe: 757 0

Tanzania – Zanzibar: Abagabo basuka imisatsi yabo bagiye guhura n’uruvagusenya

Guverinoma ya Zanzibar muri Tanzania yashyizeho amabwiriza abuza abagabo n’abasore bo kuri iki kirwa gusuka imisatsi yabo ndetse itangaza ko uzabirengaho azajya acibwa miliyoni imwe y’amashilingi...
12 July 2023 Yasuwe: 1332 0

G7 yashyizeho uburyo bushya bwo gufasha Ukraine mu ntambara

Ibihugu bihuriye mu Itsinda ry’Ibikize ku Isi rya G7 byasinye amasezerano y’igihe kirekire agamije gushyigikira Ukraine mu ntambara ihanganyemo n’u Burusiya, ashingiye ahanini ku gutanga intwaro...
12 July 2023 Yasuwe: 1084 0

Icyaha Donald Trump yakoze cyatumye yamburwa burundu ubudahangarwa

Minisiteri y’Ubutabera ya Leta Zunze Ubumwe za Amerika, yatangaje ko Donald Trump wahoze ari Perezida wa Leta zunze Ubumwe za Amerika agomba gukurikiranwa ku cyaha cyo gusebya E. Jean Carroll,...
12 July 2023 Yasuwe: 1502 0

Uwa 5 ntavugwaho rumwe ! Dore ba nyampinga bu Rwanda 5 bakunzwe na Rubanda kurusha abandi[AMAFOTO]

Mu bihe bitandukanye mu Rwanda hagiye hatoranwa ba nyampinga b’u Rwanda bahiga abandi mu muco ,ubuhanga ndese n’ubwiza, muri abo bakobwa bagiye batorwa harimo abakunzwe cyane kurusha abandi mu...
12 July 2023 Yasuwe: 8696 3