Perezida wa Zambia, Hakainde Hichilema uri mu ruzinduko rw’iminsi ibiri mu Rwanda yasuye Urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994 rwa Kigali ruri ku Gisozi.
Perezida Hakainde yatangiye...
Twateguye urutonde rw’abakinnyi b’igitsinagore bakunzwe cyane hano mu Rwanda kurusha abandi mu mwaka wa 2022-2023.
Umwanditsi w’UMURYANGO yagendeye ku bitekerezo bitangwa filime bakinamo ziba...
Umutoza w’Amavubi Carlos Ferrer avuga ko adafite ubwoba bwo kuba yabura akazi ke nubwo umusaruro atari mwiza kandi ko atazaba ikibazo k’u Rwanda.
Ibi uyu mugabo ukomoka muri Espagne yabivuze...
Ku ya 18 Kemena 2023, nibwo habaye umuhango wo gusezera bwa nyuma umufana ukomeye w’ikipe ya Manchester United wo muri Kenya uherutse kwitaba Imana , abari bitabiriye uyu muhango wo guherekeza bwa...
Mu masaha y’igitondo cyo ku munsi w’ejo hashize tariki ya 20 Kamena, Polisi y’u Rwanda ku bufatanye n’inzego z’ibanze mu Karere ka Kamonyi yafashe itsinda ry’abantu batatu bakekwaho ubujura bwa...
Umuhanga wanditse amateka muri ruhago y’Isi Cristiano Ronaldo yashyizeho agahigo ko kuba umukinnyi ukiniye imikino myinshi ikipe y’igihugu ya Portugal ari naho avuka abihererwa igihembo.
Kuri...
Perezida w’Urukiko rwa Makindye muri Uganda, yategetse Admin wa Group ya WhatsApp yitwa ‘Buyanja My Roots’ gusubizamo umwe mu bari bayikuwemo, akiyambaza uru Rukiko.
Ni group ya WhatsApp yitwa...