Kapiteni w’ikipe y’igihugu ya Argentine, Lionel Messi hamenyekane ko yafungiwe mu Bushinwa amasaha make ubwo yageraga ku kibuga cy’indege cya i Beijing mu murwa mukuru w’iki gihugu.
Kuri ubu Ikipe...
Ku itariki 10 Kamena 2023 nibwo ikipe ya Manchester City yatwaye igikombe cya mbere cya UEFA Champions League. Ibi yabifashijwemo n’abakinnyi bayo barimo na Jack Grealish.
Iminsi ine irihiritse...
Mu rugo rw’umuturage wo mu Kagari ka Rusave mu Murenge wa Murama mu Karere ka Kayonza, habonetse ibisasu bitatu byo mu bwoko bwa Grenade, aho abaturanyi bavuze icyo bakeka nk’intandaro y’izi...
Jay Rwanda nyuma yo kwerura ko yamaze gukizwa ndetse ko yanakiriye agakiza ku buntu , yerekanye Impamvu ifatika yatumye yiyegurira Yesu Kirisitu nneza.
Jay Rwanda usigaye atuye muri Leta Zunze...
Urukiko rw’Ubujurire rwaciye Me Gasengayire Alice wunganira bamwe mu bareganwa na Rtd Maj Habib Mudathiru, ihazabu ya 200.000 Frw ashinjwa gutinza urubanza.
Ni urubanza ruregwamo abantu 26 mu...