Haruna Niyonzima wakurikiranye imyitozo Rayon Sports yakoreye i Benghazi yitegura gukina na Al Hilal, yavuze ko kuba izakinira i Kigali imikino yombi tariki ya 30 Nzeri n’iya 7 Ukwakira,...
Ku mbugankoranyambaga zo muri Uganda ndetse n’ibinyamakuru amagambo akomeje kuba menshi nyuma yo kubona amashusho ya Harmonize uri mu rukundo na Harmonize yahuje urugwiro n’umuhanzikazi...
Dr Jimmy Gasore, yagizwe Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, asimbuye Dr Ernest Nsabimana. Uyu Muminisitiri mushya winjiye muri Guverinoma y’u Rwanda, asanzwe azobereye mu bijyanye n’imyuka yo mu kirere,...