skol
Kigali

Author

Rebecca UFITAMAHORO

Bwa mbere Zuchu yahishuye ko Diamond ariwe wamutwaye ubusugi

Umuhanzikazi ukunzwe n’abatari bake Zuchu yatangaje ko uwitwa Diamond Platnumz ariwe wamutwaye ubusugi.
14 September 2023 Yasuwe: 1618 0

Nyuma y’ubukwe Prince Kid agiye kongera kwitaba urukiko

Ishimwe Dieudonne uzwi ku izina rya Prince Kid agiye kongera kwitaba Urukiko Rukuru rugiye kongera gusubukura urubanza uyu mugabo aregwamo ibyaha birimo guhoza ku nkeke bifitanye isano...
14 September 2023 Yasuwe: 710 2

Vumilia Aline wakiniye Amavubi y’abagore yitabye Imana

Umukinnyi Vumilia Aline wakunzwe cyane muri ruhago y’u Rwanda, by’umwihariko mu ikipe y’igihugu y’abagore yitabye Imana we n’umwana ubwo yabyaraga.
14 September 2023 Yasuwe: 1918 0

Menya amagambo meza 40 wabwira umukobwa mukundana uyu mwanya akazagukunda iteka ryose

Ndabizi ko ukunda umukunzi wawe cyane, ariko wabuze amagambo wakoresha ukabasha kumusobanura neza ndetse akaba yanagutandukanya n’abandi basore baziranye cyangwa bigeze bahura. Ahari umara umwanya...
14 September 2023 Yasuwe: 2004 0

Libya: Haruna yakurikiranye imyitozo ya Rayon Sports [AMAFOTO]

Haruna Niyonzima wakurikiranye imyitozo Rayon Sports yakoreye i Benghazi yitegura gukina na Al Hilal, yavuze ko kuba izakinira i Kigali imikino yombi tariki ya 30 Nzeri n’iya 7 Ukwakira,...
14 September 2023 Yasuwe: 442 0

Amashuho y’inkumi y’ikimero iri kubyinana na Harmonize wa Yolo akomeje kuvugisha benshi[AMOTO]

Ku mbugankoranyambaga zo muri Uganda ndetse n’ibinyamakuru amagambo akomeje kuba menshi nyuma yo kubona amashusho ya Harmonize uri mu rukundo na Harmonize yahuje urugwiro n’umuhanzikazi...
14 September 2023 Yasuwe: 1535 0

Reba ibintu bigera ku 10 umukobwa agomba kwimenyereza mbere yo kurongorwa ngo ajye kubana n’umugabo

Umuntu aravuka agakura ariko igihe kikagera nawe akava iwabo akajya gushinga urwe, ku miryango biba ari ibyishimo kuko aba ari amahirwe yo kuyagura.
13 September 2023 Yasuwe: 5450 1

Hamenyekanye icyafungishije abakozi Batatu b’ikipe ya APR FC

Umuyobozi wa APR FC, Lt Col Richard Karasira, yavuze ko abakozi bayo batatu bafunzwe kimwe mu byo bakurikiranyweho ari amarozi.
13 September 2023 Yasuwe: 2375 0

Ibyo wamenya kuri Dr Jimmy Gasore wagizwe Minisitiri w’Ibikorwa Remezo

Dr Jimmy Gasore, yagizwe Minisitiri w’Ibikorwa Remezo, asimbuye Dr Ernest Nsabimana. Uyu Muminisitiri mushya winjiye muri Guverinoma y’u Rwanda, asanzwe azobereye mu bijyanye n’imyuka yo mu kirere,...
13 September 2023 Yasuwe: 3266 0

Uko wareba amanota abanyeshuri bagize mu bizamini bisoza amashuri abanza(P6) ndetse n’icyiciro rusange(O’ Level) bitakugoye...

Kureba amanota wabonye mu kizamini cya Leta hari uburyo bubiri:
13 September 2023 Yasuwe: 3456 0
0 | ... | 50 | 60 | 70 | 80 | 90 | 100 | 110 | 120 | 130 | ... | 2770