Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kane taliki ya 23/5/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ya Bwana...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa kabili taliki ya 21/5/2019 saa tanu za mu gitondo (11h00) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe n’inzu ya Bwana...
Kuri iki cyumweru abasore n’inkumi bagera kuri 400 barangije amashuli yisumbuye bavuye mu mirenge inyuranye y’akarere ka Huye bazahurira mu cyahoze ari Urwunge rw’Amashuli rwitiriwe Rozali...
Habitegeko Francois, Meya w’Akarere ka Nyaruguru avuga ko hari igihe abayobozi baganiriza urubyiruko bakarubwira amagambo atagira icyo arufasha mu gukangukira umurimo, kuwitabira no kutagira uwo...
Mu gihe hari urubyiruko ruvuga ko rwagiye rushyikiriza imishinga yarwo BDF ariko ntirumenye irengero ryayo, Meya w’Akarere ka Huye Ange Sebutege we avuga ko byakabaye byiza urubyiruko rubanje...
Ku mugoroba wo kuwa wa gatandatu taliki 27/4/2019 nibwo abagenderaniraga umunsi ku wundi na Francine Uwimbabazi wari utuye mu murenge wa Kimironko, Akagali ka Kibagabaga, Umudugudu wa Ramiro...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose babyifuza ko kuwa gatanu taliki ya 17/05/2019 saa munani z’amanywa (14h00) azasubukura ku nshuro ya gatatu cyamunara y’umutungo utimukanwa ugizwe...
Umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko babyifuza ko kuwa mbere taliki ya 13/5/2019 saa tanu n’igice za mu gitondo (11h30) azagurisha muri cyamunara umutungo utimukanwa ugizwe...
Gucika intege ku bagabo mu gihe cy’imibonano mpuzabitsina ni bimwe mu bimenyetso biza mu buryo butandukanye mu bihe bitandukanye. Abagabo bashobora kugira iki kibazo mu gihe bagitangira igikorwa...
Uwitwa TUYISHIME Jean Claude yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa TUYISHIME David.
Impamvu avuga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko izina "David" ari izina...