skol
Kigali

Author

Ubwanditsi

Itangazo: UMUBYEYI Sephora Belange yasabye guhindura amazina akitwa Onokodi Laure Sephora

Uwitwa UMUBYEYI Sephora Belange yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa Onokodi Laure Sephora mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina...
24 March 2023 Yasuwe: 262 0

REVIVE CAPSULE,CA+FE+ZI PLUS CAPSULE NA GOLDEN SIX CAPSULE;IMITI IFASHA ABAGABO BARANGIZA VUBA MU GIHE CYO GUTERA AKABARIRO

Umusemburo wa Testosterone ni umusemburo w’ingenzi cyane cyane ku bagabo; kuko ufasha byinshi harimo kugira ubushake bwo gukora imibonano, kongera uburemere bw’amagufa n’imikaya. Muri make niwo...
16 March 2023 Yasuwe: 5199 0

Itangazo: MBABAZI Diama yasabye guhindura amazina akitwa DIAMANT MBABAZI UWASE

Uwitwa MBABAZI Diama yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa DIAMANT MBABAZI UWASE mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko...
25 February 2023 Yasuwe: 246 0

Itangazo: Uwamahoro Zakiya yahinduye amazina yitwa Uwamahoro Zakiya Deborah

Uwitwa Uwamahoro Zakiya yahinduye amazina mu burro bwemwe n’amategeko ubu yitwa Uwamahoro Zakiya Deborah mu bitabo by’irangamimerere.
7 January 2023 Yasuwe: 319 0

Waba uhura n’ikibazo cyo gushimisha mu buriri uwo mwashakanye? Biravurwa bigakira

Imwe mu mpamvu zituma ingo z’iyi minsi zisenyuma ni ukutuzuza inshingano zo mu buriri ku bashakanye (Gutera akabariro) ibi bikaba binaganisha ku gucana inyuma ku bashakanye bitewe n’uko umwe muri...
31 December 2022 Yasuwe: 11074 0

NIYO Travels, ikigo gihuza abifuza kwiga hanze y’u Rwanda na Kaminuza bashaka kwigamo

Ikigo NIYO Travels kivuga ko Abanyeshuri bo mu Rwanda bifuza kwiga hanze badakwiye kugira impungenge izo arizo zose , kuko imbogamizi bahuraga nazo zo gushaka za Kaminuza bigamo zabonewe umuti...
19 December 2022 Yasuwe: 4946 0

Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu

Niba ucika intege mu gihe cyo gutera akabariro dore icyo wakora ngo bikire burundu. Hari umuti mwiza kandi utagira ingaruka witwa REVIVE CAPSULE ikozwe mu byatsi bizwiho kongerera igitsinagabo...
26 August 2022 Yasuwe: 28664 11

MANCHESTER UNITED irahura na LIVERPOOL mu mukino w’ishiraniro

Manchester United na Liverpool baraza guhura muri Premier League Kuwa mbere, mu mukino wo Mubwongereza ku makipe abiri akomeye. Umukino uratangira: 21:00 Aya makipe yombi afite akazi gakomeye ko...
22 August 2022 Yasuwe: 728 0

Itangazo: UWIMANA Ingrid yasabye guhindura amazina akitwa UWIMANA KAYONGA Ingrid

Uwitwa UWIMANA Ingrid yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa UWIMANA KAYONGA Ingrid mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari...
1 August 2022 Yasuwe: 226 0

Itangazo: ASHIMIRE Anitha yasabye guhindura amazina akitwa NASHIMIRE Anitha

Uwitwa ASHIMIRE Anitha yasabye guhindura amazina mu buryo bwemewe n’amategeko akitwa NASHIMIRE Anitha mu bitabo by’irangamimerere. Impamvu atanga zituma asaba guhindura amazina akaba ari uko...
1 August 2022 Yasuwe: 214 0