Amakuru UMURYANGO wamenye bivuye mu mabaruwa n’inyandiko zinyuranye dufitiye kopi, ni uko kuva mu kwezi kw 11 uyu mwaka, Perezida wa Koperative ADARWA ikorera mu Gakinjiro ka Gisozi, TWAGIRAYEZU...
Me Kagame k. Festo umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha abantu bose ko azagurisha muri cyamunara binyuze mu buryo bw’ikoranabuhanga umutungo ugizwe n’inzu yo guturamo iherereye mu karere ka...
Me Runezerwa Joseph umuhesha w’inkiko w’umwuga aramenyesha yamenyesheje Imaniraguha Eric na Imaniraguga Cedric imikirize y’urubanza nkuko bikubiye mu itangazo rikurikira….
Ibihangano bigera kuri 12 nibyo byabashije kwegukana ibihembo mu marushanwa yateguwe mu karere ka Nyaruguru n’umuryango utegamiye kuri Leta witwa "Bamporeze Association" uharanira uburenganzira...
UMUHESHA W’INKIKO W’UMWUGA Me NSHIMIYIMANA JEAN CLAUDE ARAMENYESHA ABANTU BOSE KO AZAGURISHA MURI CYAMUNARA UMUTUNGO UTIMUKANWA UGIZWE N’IKIBANZA GIHEREREYE MU KARERE KA KICUKIRO.
SOMA ITANGAZO...