skol
fortebet

Imyidagaduro

Perezida Kagame yashimye PSG yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League

Perezida Kagame yashimye ikipe ya Paris Sait Germain ifitanye imikoranire na Visit Rwanda, (…)

UEFA Champions League: Nyuma y’imyaka 20, Arsenal yageze ku mukino wa nyuma

Arsenal yageze ku mukino wa nyuma wa UEFA Champions League, itsinze Atletico Madrid igitego 1-0, (…)

Chris Brown yajyanywe mu nkiko n’uwahoze ari umugore we

Umuhanzi Chris Brown yajyanywe mu nkiko na Diamond Brown, wahoze ari umugore we, amushinja (…)

Sheilah Gashumba yahishuye ko yitegura kwibaruka imfura ye

Sheilah Gashumba uri mu bakobwa bagezweho mu myidagaduro ya Uganda n’Akarere by’umwihariko, (…)

Uganda: Abahanzi bagiye kujya bahembwa buri uko ibihangano byabo bicuranzwe

Muri Uganda hatangiye gushyirwaho utwuma dukurikirana uko indirimbo z’abahanzi zicurangwa, (…)

Umuramyi Meddy yatangaje ko umuhungu we yujuje umwaka

Umuhanzi Ngabo Medard wamenyekanye mu muziki w’u Rwanda nka Meddy yongeye kugaragaza ko yagiriwe (…)

Perezida wa Tanzania yihanganishije umuryango w’umukinnyi wa filime wapfuye

Perezida wa Tanzania Samia Suluhu yihanganishije umuryango wa nyakwigendera Hashim Kambi, (…)

FERWAFA yatumije abavuzweho ruswa muri Musanze FC n’Amagaju FC

Komisiyo y’Ishyirahamwe rya Ruhago mu Rwanda (FERWAFA) ishinzwe imyitwarire, yatumije umutoza (…)

Davido yateguje Album nshya azakorana na Chris Brown n’ibitaramo bizenguruka Isi

Umuhanzi w’icyamamare muri Nigeria, Davido (David Adeleke), wahatanye inshuro nyinshi mu bihembo (…)

Latricia Ian yagizwe Miss World Tanzania

Ku nshuro ya mbere muri Tanzania hatowe Miss World Tanzania ikamba Latricia Ian w’imyaka 24 (…)

Umuhungu wa Chameleone Abba Marcus arateganya kwibaruka imfura

Umuhungu w’umuhanzi wo muri Uganda Jose Chameleone, uzwi nka Abba Marcus Mayanja n’umukunzi we (…)

Marina yamaganiye kure Bad Rama wamwise umukobwa we

Umuhanzikazi nyarwanda Marina Deborah yamaganye yivuye inyuma ibyatangajwe na Bad Rama umaze (…)

Bwa mbere Tanzania yatoye uzayihagararira muri Miss World 2026

Ku nshuro ya mbere muri Tanzania hatowe umukobwa uhiga abandi mu buranga ngo azahagararire iki (…)

Mike Kayihura yateguje indirimbo ya mbere muri EP yise ‘Intwaza’

Umuhanzi Mike Kayihura yateguje indirimbo nshya yise ‘Come On’ ateganya gusushyira hanze ku wa (…)

DJ Ira yatewe ubwoba n’Abarundi

Mu ijoro ryo ku wa 16 Mata 2026 yanditse kuri Instagram ahatangirwa ubutumwa bumara amasaha 24 (…)