skol
fortebet

AMAFOTO mashya y’ubukwe bw’umunyarwenya Ramjanne

Yanditswe: Monday 10, Jul 2017

Sponsored Ad

Umunyarwenya Ramjaane Niyoyita yarushinganye n’umukunzi we Gentille Umuhoza bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo. Ubukwe bwabo bwabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Texas kuri uyu wa 8 Nyakanga 2017.
Aba bombi basezeraniye mu rusengero rwa Westover Church of Christ ruherereye muri Leta ya Texas muri Amerika. Mu bantu batashye ubu bukwe harimo: Alpha Rwirangira, Muchoma Asante, Emmy, Ally Soudi wari Mc n’abandi.
Ramjaane yamenyekanye kandi mu itangazamakuru ryo mu Rwanda (...)

Sponsored Ad

Umunyarwenya Ramjaane Niyoyita yarushinganye n’umukunzi we Gentille Umuhoza bamaranye igihe mu munyenga w’urukundo. Ubukwe bwabo bwabereye muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika muri Leta ya Texas kuri uyu wa 8 Nyakanga 2017.

Aba bombi basezeraniye mu rusengero rwa Westover Church of Christ ruherereye muri Leta ya Texas muri Amerika. Mu bantu batashye ubu bukwe harimo: Alpha Rwirangira, Muchoma Asante, Emmy, Ally Soudi wari Mc n’abandi.

Ramjaane yamenyekanye kandi mu itangazamakuru ryo mu Rwanda aho yakoze mu bitangazamakuru nka Sana Radio, Radio Authentic, KFM no ku Isango star. Kuri ubu asigaye yibera muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika ari naho akorera ibijyanye n’urwenya rwe. Nkuko mu nkuru iheruka, twabasezeranyije kubagezaho andi mafoto y’ubukwe bwa Ramjaane, kuri ubu twamaze kuyababonera.

AMAFOTO Y’UBUKWE:










Ibitekerezo

  • UHH TURABYISHIMIYE KBSA KOMEREZAHO GAHU

    turabyishimiye cyane mukomerezaho. imana izakomezekuba kubarinda mwembi nibyo mbasa biye

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa