skol
fortebet

Benshi bari bazi ko Ari njye Wapfuye-D’amour Selemani Avuga ku rupfu rwa Rwasa {PHOTO+VIDEO}

Yanditswe: Sunday 08, Sep 2019

Sponsored Ad

Kuriki Cyumweru nibwo Nsanzamahoro Denis wamenyekanye cyane ku Izina rya Rwasa yasezeweho bwa nyuma mu muhango wabereye ku Kicukiro mu mujyi wa Kigali.
amarira yari menshi ubwo Rwasa yasezerwagaho bwanyuma
Mu bantu batandukanye bagiye bafata ijambo bagiye bagaruka ku butwari ndetse n’imico n’imyitwarire yagiye iranga Rwasa ubwo yaragihumeka. abenshi bakagaruka k’urukundo ndetse n’ubunyamwuga n’ubugwaneza byazaga imbere mu mibereho ’yuyu mukinnyi wa cinema wari ukomeye mu Rwanda.
Mu bo (...)

Sponsored Ad

Kuriki Cyumweru nibwo Nsanzamahoro Denis wamenyekanye cyane ku Izina rya Rwasa yasezeweho bwa nyuma mu muhango wabereye ku Kicukiro mu mujyi wa Kigali.


amarira yari menshi ubwo Rwasa yasezerwagaho bwanyuma

Mu bantu batandukanye bagiye bafata ijambo bagiye bagaruka ku butwari ndetse n’imico n’imyitwarire yagiye iranga Rwasa ubwo yaragihumeka. abenshi bakagaruka k’urukundo ndetse n’ubunyamwuga n’ubugwaneza byazaga imbere mu mibereho ’yuyu mukinnyi wa cinema wari ukomeye mu Rwanda.

Mu bo bakinanye ama firimi atandukanye bagiye bagaruka kuri uyu nyakwigendera harimo D’Amour Selemani wamenyekanye cyane mu ma firimi atandukanye, ndetse akaba yaranakinanye muri firimi imwe yitwa Sakabaka na nyakwigendera Rwasa.


mu ijambo rye D’Amour yagarutse ku kuntu abantu batandukanye babanje kugira ngo niwe wapfuye ubwo havugwaga urupfu rwa Rwasa.

Ati"Ngewe ikintu kitazamva mu mutima ni ukuntu aho najyaga gukina firimi hose cyangwa mu ntara banyitaga Rwasa,abantu benshi banyitiranyaga na Denis.Hari n’abantu akimara kwitaba Imana benshi bampamagaye bazi ko arinjye witabye Imana kuko narimaze n’igihe mfite ikibazo cy’uburwayi, bari baziko arinjye witabye Imana kuko twasaga Cyane nyine.

Yongeyeho ati"Hari igihe nazaga hano kumureba akambwira ngo sha wowe d’Amour harigihe uzakubita nk’umuntu ibuye baze kundeba baziko aringe wabikoze! ariko byabaga ari ibintu byo Gutebya (Blague)"


Hon.Eduard Bamporiki i bumoso na Amb.Olivier Nduhungirehe i Buryo

UKO UMUHANGO WO KUMUSEZERAHO BWANYUMA MURUGO WAGENZE WOSE WUREBE MURI IYI VIDEWO!

Ibitekerezo

  • Izuba rirazenguruka!

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa