skol
fortebet

Bwa mbere Diamond yeruye ko atwitiwe inda nkuru na Zuchu[AMAFOTO]

Yanditswe: Friday 07, Jul 2023

featured-image

Sponsored Ad

Ku nshuro ya mbere abahanzi bakomoka mu gihugu cya Tanzania, Diamond Platinmuz na Zuchu beruye ko bagiye kwibaruka umwana mu gihe cya vuba.
Ibi byahishuwe na Diamond wavuze ko we n’umukunzi we bitegura kwibaruka ,abinyujije kuri Instastories, Diamond yavuze ko umukunzi we atwite ariko nta mazina yavuze. Mu byo yatangaje, asa nk’uwasezeye ku bakunzi be kugeza Mutarama 2024.
Diamond kandi yashimiye abakunzi be kuba barashyigikiye indirimbo ye ’My Baby’ yemeza ko ikomeje kuyobora nyuma (...)

Sponsored Ad

Ku nshuro ya mbere abahanzi bakomoka mu gihugu cya Tanzania, Diamond Platinmuz na Zuchu beruye ko bagiye kwibaruka umwana mu gihe cya vuba.

Ibi byahishuwe na Diamond wavuze ko we n’umukunzi we bitegura kwibaruka ,abinyujije kuri Instastories, Diamond yavuze ko umukunzi we atwite ariko nta mazina yavuze. Mu byo yatangaje, asa nk’uwasezeye ku bakunzi be kugeza Mutarama 2024.


Diamond kandi yashimiye abakunzi be kuba barashyigikiye indirimbo ye ’My Baby’ yemeza ko ikomeje kuyobora nyuma y’iminsi ibiri gusa isohotse.

Zuchu aherutse gusangiza abantu videwo kuri interineti aho yavugaga ko bishoboka ko yasama uyu mwaka.

Iri hishurwa ryateje amatsiko no kwibaza byinshi mu bafana be n’abamukurikira ku mbuga nkoranyambaga be ariko Zuchu akomeza kubihakana.

Zuchu yanasobanuye neza ko atazigera atererana Diamond, na nyuma yo kugirana umubano n’umucuranzi wo muri Gana witwa Francine Koffie, uzwi cyane ku izina rya Fantana.

Inkuru ya Diamond, Fantana, na Zuchu yafashe indi ntera ubwo hasohokaga videwo igaragaza umubano udasanzwe hagati ya Diamond na Fantana.

Uyu muhanzikazi yavuze ko atazasiga umugabo kubera gusa ko yamuciye inyuma, amagambo yateye urujijo abantu benshi. Zuchu yasobanuye uko abona ibintu, ashimangira ko kwihanganira gucibwa inyuma biterwa n’uko byagenze nubwo yahamije ko mu maso ye, icyaha cyo gucana inyuma kidakwiye kubabarirwa.

Ku wa 14 Gashyantare 2022 umwaka washize nibwo urukundo rwabo rwagiye ku mugaragaro aho, wari munsi abantu benshi bizihizaho umunsi w’abakundana, mugitaramo cyateguriwe Zuchu cyiswe “”Mahaba Ndi ndi ndi”, uyu mukobwa w’imyaka 28 y’amavuko yagaragaye afatanye agatoki ku kandi na Diamond Platnumz w’imyaka 32 y’amavuko ibintu byatumye abantu benshi bashimangira urukundo rwabo.

Ibitekerezo

  • Aka gasekurume ndakemera cyane!

    NICYAMAMARE TWISHIMYE

    Ok nisawa u diayamondi urabizi umwana nukwiteganyi riza merisig good diamonds nakibaza ufite umwana bita shimiy good

    Ndumv bikimey

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa