Chameleone yashimye Eddy Kenzo wamuritse muzika ya Uganda ku rwego mpuzamahanga
Yanditswe: Tuesday 27, Dec 2016
Umuririmbyi Dr Jose Chameleone yashimye byimazeyo Eddy Kenzo nyuma yo gusangira urubyiniro bagashimisha abantu mu gitaramo gikomeye cyabaye kuwa 26 Ukuboza 2016.
Ni igitaramo cyahuriranye n’umunsi ukurikira Noheli uzwi nka Boxing Day. Kuri sitade ya Nabugabo niho aba bahanzi bombi bahuriye bataramira abakunzi babo mu ndirimbo nyinshi za nyuze benshi.
Ikinyamakuru Big Eye cyandikirwa muri Uganda cyavuze ko nyuma y’igitaramo, Dr Jose Chameleone yegereye Eddy Kenzo aramuhobera igihe kirekire, (...)
Umuririmbyi Dr Jose Chameleone yashimye byimazeyo Eddy Kenzo nyuma yo gusangira urubyiniro bagashimisha abantu mu gitaramo gikomeye cyabaye kuwa 26 Ukuboza 2016.
Ni igitaramo cyahuriranye n’umunsi ukurikira Noheli uzwi nka Boxing Day. Kuri sitade ya Nabugabo niho aba bahanzi bombi bahuriye bataramira abakunzi babo mu ndirimbo nyinshi za nyuze benshi.
- Abantu bari uruvunganzoka
Ikinyamakuru Big Eye cyandikirwa muri Uganda cyavuze ko nyuma y’igitaramo, Dr Jose Chameleone yegereye Eddy Kenzo aramuhobera igihe kirekire, aramushimira cyane kubw’akazi gakomeye yakoze binyuze mu bihangano bye byatumye ahagararira Uganda ku rubyiniro mpuzamahanga.
- Chameleone yakoze mu ntoki Eddy Kenzo k’ubwo kuzamura Muzika ya Uganda
Ibyo Chameleone yakoze akiva ku rubyiniro byatunguye benshi nyuma y’uko byari bimenyereye ko uyu muhanzi afata Eddy kenzo nk’umwana muri muzika ya Uganda ndetse udafite ahazaza heza.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *