skol
fortebet

Cristiano yongeye kuvugisha benshi ku mbugankoranyambaga nyuma y’ifoto yashyize hanze [IFOTO]

Yanditswe: Thursday 22, Jun 2023

featured-image

Sponsored Ad

Umunyabigwi muri Ruhago Cristiano Ronaldo yashyize hanze ifoto arikumwe n’umukunzi we Georgina Rodriguez bari mu biruhuko yakirwa neza , ndetse izamura amarangamutima y’abenshi.
Imikino ya Shampiyona ya 2022-2023 ku mugabane w’i Burayi ndetse n’ahandi hirya no hino ku Isi yamaze gushyirwaho akadomo. Indi mikino yari imaze iminsi ikinwa ni iyo gushaka itike y’igikombe cy’u Burayi cya 2024 ku makipe y’ibihugu gusa nayo yamaze kuba isubitswe izakomeza mu kwezi kwa 09.
Ubwo bivuze ko kuri ubu (...)

Sponsored Ad

Umunyabigwi muri Ruhago Cristiano Ronaldo yashyize hanze ifoto arikumwe n’umukunzi we Georgina Rodriguez bari mu biruhuko yakirwa neza , ndetse izamura amarangamutima y’abenshi.

Imikino ya Shampiyona ya 2022-2023 ku mugabane w’i Burayi ndetse n’ahandi hirya no hino ku Isi yamaze gushyirwaho akadomo. Indi mikino yari imaze iminsi ikinwa ni iyo gushaka itike y’igikombe cy’u Burayi cya 2024 ku makipe y’ibihugu gusa nayo yamaze kuba isubitswe izakomeza mu kwezi kwa 09.

Ubwo bivuze ko kuri ubu abakinnyi bibereye mu miryango yabo naho abandi bakaba bari mu biruhuko ahantu hatandukanye.

Ku ikubitiro kizigenza Cristiano Ronaldo yahise ashyira hanze afoto ari kumwe n’umukunzi Georgina Rodriguez bose bambaye imyenda y’imbere gusa, mu nsi yayo yandikaho ati"ibiruhuko ndetse n’urukundo".

Iyi foto yakiriwe neza n’abatari bake dore ko nyuma y’isaha imwe gusa ayishyize ku rubuga rwe rwa Instagram imaze gukundwa n’abantu barenga miliyoni 6 naho abarenga ibihumbi 48 basiga ubutumwa.

Cristiano Ronaldo w’imyaka 38 ari mu biruhuko nyuma yo gushyiraho agahigo ko kuba umukinnyi ukiniye imikino myishi ikipe y’igihugu ndetse akanabihererwa igihembo na Guinness World record. Aha byari kuwa 2 w’iki cy’umweru ikipe ye ya Portugal ikina na Iceland mu gushaka itike y’igikombe cy’Uburayi cya 2024.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa