skol
fortebet

Dore amafoto y’umusore wigaruriye umutima wa Miss Uwase Vanessa nyuma y’igihe kinini atandukanye nuwamwambitse impeta [Amafoto]

Yanditswe: Friday 12, Nov 2021

featured-image

Sponsored Ad

Miss Uwase Raissa Vanessa umaze Iminsi yemeza ko afite umusore wigaruriye umutima we ,icyakora agahamya ko atifuza kumutangaza kubera impamvu z’Akazi ke ndetse n’ubuzima bwe bwite adashaka gushyira urukundo rwe mu itangazamakuru hari amarenga y’urukundo n’umusore mushya. Nubwo Miss Vanessa yagerageje guhisha umukunzi we , hari aho bigera amaragangamutima akabatamaza bakisanga basangije ababakurikira ku mbuga nkoranyambaga amafoto aca marenga y’urukudo rwabo.
Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye (...)

Sponsored Ad

Miss Uwase Raissa Vanessa umaze Iminsi yemeza ko afite umusore wigaruriye umutima we ,icyakora agahamya ko atifuza kumutangaza kubera impamvu z’Akazi ke ndetse n’ubuzima bwe bwite adashaka gushyira urukundo rwe mu itangazamakuru hari amarenga y’urukundo n’umusore mushya.

Nubwo Miss Vanessa yagerageje guhisha umukunzi we , hari aho bigera amaragangamutima akabatamaza bakisanga basangije ababakurikira ku mbuga nkoranyambaga amafoto aca marenga y’urukudo rwabo.

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hakundaga kugaragaraho umusore witwa Sebihogo akenshi ari kumwe na Vanessa ndetse bagasohokana kenshi nk’uko inshuti zabo zikunda kubivuga.

Kurimunsi w’ejo ku ya 11 Ugushyingo 2021 ni bwo kwihangana byanze noneho Sebihogo arerura asangiza abamukurikira amarangamutima ye kuri Miss Vanessa. Sebihogo yafashe ifoto ari kumwe na Miss Vanessa ayisangiza abamukurikira kuri Instagram ayikurikiza akamenyetso k’umutima ubusanzwe kifashishwa n’abakundana.

Sebihogo umutima wamutamaje yerekana amarangamutima ye kuri Miss Vanessa

Miss Vanessa nawe yahise afata ifoto umukunzi we asangije abamukurikira ayishyira kuri konti ye, ayiherekeresha akamenyetso nawe k’umutima.

Iyi foto kimwe n’andi magambo bakunze kubwirana ku mbuga nkoranyambaga, agaragara nk’ikimenyetso ntakuka cy’urukundo rwabo bananiwe guhisha nyuma y’igihe kinini bagerageza kurugira ibanga.

Amakuru avuga ko Miss Vanessa yatangiye gukundana na Sebihogo nyuma yo gutandukana na Putin Kabalu wari waranamwambitse impeta.

Miss Vanessa avuga icyo agenderaho ahitamo umusore bakundana dore ko kandi abenshi batinya kuba bamwegera bitewe nuko bamubona ndetse nuko asanzwe azwi cyanwe.’

Vanessa yasubije agira ati”Njyewe kereka umuntu utanzi , njyewe n’umuntu udafite urwara rwo kwishima twakundana, apfa kuba amfatiranye mu igihe cyiza kuko ubu ntamuntu ndikumwe nawe ndi single kandi nanjye nshaka kujya mu urukundo(Relationship). Njye nkunda umuntu bitewe n’ukuntu twahuje cyangwa namwiyumvisemo n’ukwateye n’umutima we.”

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa