skol
fortebet

Eddy Kenzo yaje gusubukura umushinga afitanye na Mani Martin

Yanditswe: Sunday 17, Sep 2017

Sponsored Ad

Eddy Kenzo yageze mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Nzeri aho yakiriwe na Mani Martin bagiye gukorana amashusho y’indirimbo bahuriyemo igomba guhita ijya hanze mu minsi ya vuba.
Mu ntangiriro za Kamena uyu mwaka nibwo Mani Martin na Eddy Kenzo batangarije abafana babo ko barimo gusubiranamo indirimbo ‘Afro’.
Mani Martin avuga ko mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 17 Nzeri 2017 ari bwo batangira igikorwa cyo gufata amashusho y’iyi ndirimbo, giteganijwe kubera i (...)

Sponsored Ad

Eddy Kenzo yageze mu Rwanda mu ijoro ryo kuri uyu wa Gatanu tariki ya 16 Nzeri aho yakiriwe na Mani Martin bagiye gukorana amashusho y’indirimbo bahuriyemo igomba guhita ijya hanze mu minsi ya vuba.

Mu ntangiriro za Kamena uyu mwaka nibwo Mani Martin na Eddy Kenzo batangarije abafana babo ko barimo gusubiranamo indirimbo ‘Afro’.

Mani Martin avuga ko mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru tariki ya 17 Nzeri 2017 ari bwo batangira igikorwa cyo gufata amashusho y’iyi ndirimbo, giteganijwe kubera i Nyarutarama no mu bindi bice bitandukanye by’umujyi wa Kigali.

Uyu muhanzi kandi yanditse kuri Instagram, atangariza abafana babo ko amashusho y’iyi ndirimbo agiye gufatwa ikazasohoka mu minsi ya vuba.

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa