Imyidagaduro
FPR Inkotanyi yifurije Abanyarwanda iminsi mikuru myiza isoza umwaka
Yanditswe: Friday 26, Dec 2025
Ubunyamabanga Bukuru bw’Umunyango FPR Inkotanyi bwatangaje ko bwifuriza Abanyamuryango, inshuti n’Abanyarwanda iminsi mikuru myiza.
Ni ubutumwa bukubiye mu itangazo ryashyizwe hanze ku wa 25 Ukuboza 2025, wizihizwaho Noheli mu Rwanda bo ku Isi muri rusange.
Bugira buti: “Ubunyamabanga Bukuru bw’Umuryango FPR Inkotanyi bwifurije Abanyamuryango, inshuti z’Umuryango n’Abanyarwanda bose muri rusange iminsi mikuru myiza y’impera z’umwaka.”
Iminsi mikuru izoza umwaka yizihizwa mu Rwanda irimo Noheli, Boxing day n’Ubunani.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *