Hashyizweho amasaha Ntarengwa yo guhagarika ibitaramo bibera i Kigali
Yanditswe: Wednesday 02, Aug 2023
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 01 Kanama 2023, yahizeho amasaha ntarengwa mu minsi y’imibyizi Ku bikorwa by’imyidagaduro n’iby’ubucuruzi bigomba gufungiraho .
Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri ryasinyweho na Minisitiri w’Intebe w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, rivuga ko mu rwego rwo kunoza imitunganyirize n’ibikorwa by’imyidagaduro mu masaha ya ninjoro no gukumira urusaku rubangamira umudendezo w’abaturage mu masaha y’ijoro ,Inama y’abaminisitiri (…)
Inama y’Abaminisitiri yateranye kuri uyu wa kabiri tariki ya 01 Kanama 2023, yahizeho amasaha ntarengwa mu minsi y’imibyizi Ku bikorwa by’imyidagaduro n’iby’ubucuruzi bigomba gufungiraho .
Itangazo ry’ibyemezo by’inama y’Abaminisitiri ryasinyweho na Minisitiri w’Intebe w’Intebe, Dr Edouard Ngirente, rivuga ko mu rwego rwo kunoza imitunganyirize n’ibikorwa by’imyidagaduro mu masaha ya ninjoro no gukumira urusaku rubangamira umudendezo w’abaturage mu masaha y’ijoro ,Inama y’abaminisitiri yemeje ko guhera tariki ya 1 Nzeri 2023 , mu minsi y’imibyizi ,ibikorwa na serivisi byose bitari ingenzi bizajya bifunga Saa Saba z’ijoro 1:00 am.naho mu mpera z’icyumweru kuwa gatanu no kuwa Gatandatu bizajya bifunga Saa munani z’ijoro 2:00 am .
Ibikorwa by’ubucuruzi n’imyidagaduro bizakenera gukora gukomeza gufungura ayo masaha bizajya bihabwa uruhushya hashyingiwe Ku mabwiriza azatangwa n’urwego rushinzwe Iterambere RDB.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *