skol
fortebet

Ibyishimo bidasanzwe k’umugabo wamenyekanye nk’inyogo ye uherutse gukora ubukwe.

Yanditswe: Monday 28, Feb 2022

featured-image

Sponsored Ad

Habiyaremye Jean Pierre wamenyekanye nka New Boy ( Inyogo ye) yasezeranye mu mategeko n’umugore we Manizabayo Nikuze Daphrosa, byari ibyishimo bidasanzwe k’umuryango ndetse n’inshuti.

Sponsored Ad

Issa New Boy N’umugabo w’umugore umwe n’umwana umwe yamenyekanye mudushya twishi nkinyogo ye nibindi bitandukanye, n’umugabo umaze gukundwa n’abenshi bitewe n’imvugo ye n’ibyishimo ahorana bigatuma aremera benshi umunezero.

Kuri uyu wa kane tariki ya 24 Gashyantare 2022 Habiyaremye Jean Pierre (Issa New Boy} na Manizabayo Nikuze Daphrosa bashyingiranwe imbere y’amategeko aho umuhango wabereye Mu murenge wa Rambura ni mukarere ka nyabihu arinaho uyu muryango utuye.

Ntago byari ibintu byoroshye ubwo Issa New Boy yarahiraga n’umugore we kuko bageze ubwo babafasha .

inkuru dukesha Yago Tv Show ari nawe wamufashije kumenyekana ndetse akaba yaragize n’uruhare rukomeye mugufasha uyu muryango kugeza ubwo bashyingiranwe nk’umugore n’umugabo imbere y’amategeko.

Ubwo yabazaga Issa New Boy uko yiyumva yagize ati" Njyewe ukuntu niyumva mumutima wanjye ndumva n’ishimye cyane kuburyo aka kanya Imana ige gutwara abantu bayo najya mu ijuru".

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Who are you?

Amategeko n'amabwiriza birkurikizwa