Inyogosho nshya y’umuraperi Ama G The Black ikomeje kurangaza abantu batari bake (AMAFOTO)
Yanditswe: Monday 03, Apr 2017
Umuhanzi Nyarwanda wamenyekaniye mu njyana ya Hip Hop ndetse no mugukina Filme Nyarwanda uzwi ku izina rya Ama G The Black,uburyo yiyogosheshejemo bukomeje gutangaza abantu batari bake.
Ama G The Black ubusanzwe amenyereweho udushya haba mu myandikire y’indirimbo ndetse n’imikinire ye muri Filime zigiye zitandukanye yagiye akinamo hano mu Rwanda.Kuri iyi nshuro uyu muraperi akaba n’Umukinnyi wa Filimi yadukanye inyogosho idasanzwe hano mu Rwanda.
Iyi nyogosho ikaba ikomeje kugenda (…)
Umuhanzi Nyarwanda wamenyekaniye mu njyana ya Hip Hop ndetse no mugukina Filme Nyarwanda uzwi ku izina rya Ama G The Black,uburyo yiyogosheshejemo bukomeje gutangaza abantu batari bake.
Ama G The Black ubusanzwe amenyereweho udushya haba mu myandikire y’indirimbo ndetse n’imikinire ye muri Filime zigiye zitandukanye yagiye akinamo hano mu Rwanda.Kuri iyi nshuro uyu muraperi akaba n’Umukinnyi wa Filimi yadukanye inyogosho idasanzwe hano mu Rwanda.
Iyi nyogosho ikaba ikomeje kugenda irangaza abantu batari bake,haba mu nzira anyuzemo cyangwa aho ahagaze…kuko usanga ashungerewe n’abantu batari bake batangajwe niyi nyogosho nshya idasanzwe yashyizeho.


Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *