Ivana Knoll wakundiwe ikimero mu gikombe cy’isi yahishuye umukinnyi akunda kurusha abandi
Yanditswe: Friday 07, Jul 2023

Umunyamideli w’ikimero kidasanzwe,Ivana Knoll,yahishuye yahishyuye umukinnyi yemera cyane ku Isi.
Missi Ivana ukukirwa n’abantu barenga miliyoni 3 ku rubuga rwe rwa Instagram yabajijwe umukinnyi akunda kurusha abandi maze atuzuyaje asubiza ko ari rutahizamu wa Manchester City ndetse n’ikipe y’igihugu ya Norway ariwe Erling Haaland. Ibi uyu mukobwa yabikoze nyuma y’iminsi mike hagiye hanze amafoto aba bombi barikimwe mu birihuko ku kirwa cy’Ibiza giherereye muri Espagne.
Uyu mukobwa yagiye (...)
Umunyamideli w’ikimero kidasanzwe,Ivana Knoll,yahishuye yahishyuye umukinnyi yemera cyane ku Isi.
Missi Ivana ukukirwa n’abantu barenga miliyoni 3 ku rubuga rwe rwa Instagram yabajijwe umukinnyi akunda kurusha abandi maze atuzuyaje asubiza ko ari rutahizamu wa Manchester City ndetse n’ikipe y’igihugu ya Norway ariwe Erling Haaland.
Ibi uyu mukobwa yabikoze nyuma y’iminsi mike hagiye hanze amafoto aba bombi barikimwe mu birihuko ku kirwa cy’Ibiza giherereye muri Espagne.
Uyu mukobwa yagiye akunda gutangaza ko akunda kwandikirwa n’abakinnyi bakomeye bamusaba kumenyana nawe naho abandi bamusaba ko baryamana nawe.
Miss Ivana nubwo yamenyekaniye mu gikombe cy’Isi giheruka cyaberaga muri Qatar gusa no mucya 2018 cyaberaga mu Burusiya yari ariyo. Yitabira imikino y’igikombe cy’Isi gusa nta yindi mikino ikomeye urimo UEFA champions League yari yagaragaramo.
Miss Ivana knoll ubwo yari mu gikombe cy’Isi giheruka uko yambaraga nibyo byatumye amenyekana cyane
Miss Ivana uheruka kugaragara ari kumwe na Erling Haaland, yatangaje ko ariwe mukinnyi akunda
Uyu mukobwa w’imyaka 30 akomeje kuzenguruka isi nyuma yo kubaka izina mu gikombe cy’isi cyo muri Qatar aho abantu benshi bamukunze kubera imyambarire ye yakururaga abagabo.
Leave a Reply
Your email address will not be published. Required fields are marked *